RFL
Kigali

Imbwa yakurikiye 'Ambulance' yatwaye Sebuja imara iminsi imusura ku bitaro kugeza akize barataha

Yanditswe na: David Mayira
Taliki:22/01/2021 11:21
0


Ni kenshi cyane inyamaswa zerekana ko zizi ubwenge butangaje, cyane cyane imbwa zikunze gutozwa n’abazungu. Imbwa yitwa Boncuk yakoze benshi ku mitima ubwo yakurikiraga imbangukiragutabara (Ambulance) yari ijyanye Sebuja ku bitaro.



Iyi mbwa yaje kwerekana ko izi neza ko Sebuja arembye, maze ubwo yashyirwaga mu bitaro ikajya ijya buri munsi gusura uko amerewe ariko igahera hanze itegereje ko Sebuja asohoka igaheba maze igataha ikagaruka bukeye bwaho.

Src: The Guardian





TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND