RFL
Kigali

Umukobw w’ikizungerezi wicuruza yapfuye nyuma yo kuva ku rubyiniro agasambanywa n’abantu benshi

Yanditswe na: David Mayira
Taliki:21/01/2021 14:14
1


Umukobwa wakoraga akazi ko kwicuruza, Ama Broni, yapfuye nyuma yo guhura n’ibizazane agasambanywa n’abasore benshi bikamuviramo urupfu, nyuma yo kuva ku rubyiniro (Stage).



Nk’uko amakuru akwirakwizwa hirya no hino mu gihugu cya Ghana abivuga, nyakwigendera Ama yitabiriye ibirori bya Karnival byabereye i Budumburam mu karere ka Gomoa mu Burasirazuba bwa Ghana, aza kubyina akorera amafaranga menshi agera ku madorali 100, umunaniro no gusambanywa ku gahato n’abasore benshi bimuviramo urupfu rutunguranye ku wa Gatandatu, tariki ya 16 Mutarama 2021.

Ama Broni death video

Ama Broni wapfuye yari afite abana 2

Byamenyekanye ko kuri Karnivali ikibazo cyatewe imbaga y'abantu ubwo bashyiragaho integano y’umuntu uri bubyine kurusha abandi ko ari buhabwe amadorari 100. Ama yaje kujya kurubyibniro arabyina karahava.amafanga arayakukana. Nyakwigendera yagiye ku rubyiniro yambaye imyenda igaragaza imyanya y’ibanga abasore bamwirundaho batangira kumukorakora ku bice byibanga, yaje gucika intege bituma ahagarika kubyina.

Ababyiboneye bavuga ko Ama yapfuye amaze gusimbuka ku rubyiniro avunika ijosi agerageza gutoroka abagabo bamusambanyaga mu gihe cyo kubyina kwe.Hagati aho, undi muntu wabyiboneye avuga ko mu gihe yamanukaga kuri stage, abantu bagumye kumwuzuraho bamusambanya agataka cyane ntiyabona ubutabazi kuko  batekerezaga ko yari yasinze. Nyuma yagejejwe kwa muganga ahita apfa.

SRC:Faceofmalawi,Atinkanes,.






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Petkov3 years ago
    Satani amwakire





Inyarwanda BACKGROUND