Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo cy’Umwanditsi Mukuru cyo kugurisha ingwate Ref.No: 020-091469 cyo ku wa 14/12/2020, kugira ngo hishyurwe umwenda wa Banki;
Hashingiwe ku mabwiriza y’Umwanditsi Mukuru N°001/2020/ORG
yo ku wa 12/05/2020 agenga ibyerekeye gucunga, gukodesha, kugurisha mu
cyamunara no kwegukana ingwate;
Ushinzwe kugurisha ingwate aramenyesha abantu bose
ko ku wa 12/01/2021 i saa yine z’amanywa (10h00’) azagurisha mu
cyamunara inzu iri mu kibanza gifite UPI: 2/07/12/04/3110, ubuso bungana
na 907m2, agaciro kangana na 30,349,000Frw giherereye
mu Mudugudu wa KABEZA, Akagari ka RULI, Umurenge wa SHYOGWE,
Akarere ka MUHANGA, Intara y’AMAJYEPFO;
Abifuza gusura iyo nzu ni uguhera taliki ya 22/12/2020
i saa yine z’amanywa (10h00’), ingwate y’ipiganwa ikaba ingana na 1,517,450Frw
yishyurwa kuri Konti N°00040-06965754-29 ifunguye muri Banki ya Kigali yanditse kuri MINIJUST-AUCTION FUNDS ya Minisiteri y’ubutabera;
- Abakeneye ibindi
bisobanuro babariza kuri telefoni igendanwa: 0788 35 70 15.
- Ifoto n’igenagaciro
byawo biboneka hakoreshejwe uburyo bw’ikoranabuhanga ryo kurangiza
inyandikompesha cyamunara.gov.rw
Bikorewe i Kigali, ku wa 18/12/2020
Ushinzwe
Kugurisha Ingwate
Me
Alain Thierry Robert ISABWE
Itangazo rya Cyamunara
TANGA IGITECYEREZO