RFL
Kigali

Young Grace uri mu myiteguro yo kwibaruka bamukoreye ibirori bya "Baby shower" - AMAFOTO + VIDEO

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:16/06/2019 8:09
0


Abayizera Grace wamamaye nka Young Grace ni umwe mu bahanzikazi bagize izina rikomeye muri muzika y'u Rwanda. Ubu rero ari mu myiteguro yo kwibaruka imfura ye, akaba yakorewe ibirori bya Baby Shower.



Ibi birori byabereye i Nyamirambo kuri uyu wa gatandatu tariki 15 Kamena 2019, hakaba hari hakoraniye abakobwa n'abagore b'inshuti za hafi z'uyu muhanzikazi cyane ko abatumiwe bose ari inshuti ze za hafi. Muri ibi birori mama wa Young Grace nawe yari yavuye i Rubavu aho asanzwe atuye yaje mu birori by'umwana we.

Inkuru yo gutwita kwa Young Grace yatangiye kumenyekana muri Werurwe 2019 aho uyu mukobwa yemereye Inyarwanda ko atwite ndetse yiteguye kwibaruka imfura ye yamaze no guha akazina ka Diamante.Young Grace yemereye umunyamakuru ko atwite inda nkuru akaba yarayitewe n’umusore bamaze igihe bakundana Rwabuhihi Hubert [Piqué].

REBA HANO AGACE GATO KUKO BYARI BYIFASHE

Young GraceYoung GraceUmubyeyi wa Young Grace yari yitabiriye ibi birori Young GraceYoung GraceYoung GraceYoung GraceYoung GraceYoung GraceYoung Grace mubirori bya "Baby shower"

Young GraceInshuti za Young Grace bitabiriye ibi birori






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND