RFL
Kigali

Umuraperi T.I yakoze ubukangurambaga aca amarenga ku bibazo biri hagatii ya Blac Chyna na Rob Kadarshian

Yanditswe na: Editor
Taliki:11/07/2017 9:04
0


Mu mpera z’iki cyumweru, ubwo umuraperi T.I yabazwaga ukuntu asa n’uwivanze mu bibazo by’iyandagaza binyuze ku mbuga nkoranyambaga Rob Kadarshian yakoreye Blac Chyna ndetse akaba agiye kumushyikiriza inkiko,T.I yavuze ko Rob Kadarshian adakwiye guhangayika kuko nta kibazo kirimo.



T.I atanze izi nama nyuma yaho Rob mu minsi ishize yari yashyize amafoto ya Blac Chyana kuri Instagram yambaye ubusa,ibintu byababaje cyane abantu bo mu muryango w’uyu mukobwa.Gusa aya mafoto yaje guhanagurwa ndetse Blac Chayna atangaza ko agiye kwitabaza inkiko nyuma yo kwandagazwa na Rob Kadarshian.

Gusa n’ubwo T.I asa n’aho ashyigikiye Rob Kadarshian,ibi bibazo bijya gutangira uyu mugabo yari yanenze imyitwarire ya Rob nyuma nawe amushinja kuba yaba yararyamanye na Blac Chyna.

Blac Chyna, Rob Kardashian, T.I.

Blac Chyna,Rob Kadarshian na T.I

Source:TMZ






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND