RFL
Kigali

Reba uko byari byifashe mu gitaramo Mr Eazi yakoreye i Kigali –AMAFOTO

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:5/07/2017 13:48
0


Kuri uyu wa mbere tariki 3 Nyakanga 2017 nibwo umuhanzi Mr Eazi yakoreraga igitaramo bwa mbere mu Rwanda, muri iki gitaramo Mr Eazi yishimiwe bikomeye nabitabiriye iki gitaramo bose bari bamanitse amaboko bamwereka urukundo.



Igitaramo cy’uyu musore yagihuriyemo na Bruce Melodie ndetse na Charly & Nina. Basusurukijwe kandi n’umuziki wacurangwaga n’aba-Djs babiri ari bo Miller na Marnaud. Mr Eazi ni umusore ukunzwe muri Nigeria ndetse akaba mu bari kwigaragaza cyane muri Afurika mu ndirimbo ‘Leg Over’ aherutse guhuriramo na Wizkid, ‘Dance for You’ yakoranye na Eugy, ‘Body’ n’izindi.

KANDA HANO UREBE AMAFOTO MENSHI CYANE YAFOTOWE NA AFRIFAME MURI IKI GITARAMO 

Iki gitaramo cyabereye muri Kigali Convention Center cyitabiriwe cyane nubwo kwinjira bitari amafaranga make dore ko ibiciro  byari 15000frw, 20000frw, 400000frw mu myanya y’icyubahiro kumeza y’abantu umunani. 

REBA AMAFOTO Y'IKI GITARAMO:

Bruce MelodieBruce Melodie

Bruce Melodie ari mu bataramiye abantuCharly na NinaCharly na Nina mu gitaramo cya Mr EaziDj mirrorDj mirrorAba Djs bari bateguwe bamaze gucuranga bashimiye abafanaMr EaziMr eazi yinjiye asuhuza abafanaMr EaziMr EaziMr EaziMr EaziMr eazi yeretswe urukundo n'abafanaMr EaziAmaboko hejuru...Mr EaziNtajya asiga ingofero ye

AMAFOTO: AFRIFAME PICTURES






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND