RFL
Kigali

Kamichi yitwaza igisokozo mu mufuka

Yanditswe na: ndayizeye claude
Taliki:24/06/2013 6:33
2


Umuhanzi akaba n'umunyamakuru uri kwimenyereza umwuga kuri Televiziyo y'u Rwanda, Bagabo Adolf uzwi nka Kamichi uririmba injyana ya kinyafurika (Afrobeat) akunda kugendana igisokozo mu buryo bwo kugenda yita ku musatsi we igihe waba uhungabanye.



Abazi amateka y'uyu musore bavuga ko kuva cyera akunda kugendana igisokozo dore ko noneho muri iyi minsi afite inyogosho isaba ko umusatsi we uhora utunganye.

Aho yicaye aba afie igisokozo mu mufuka nk'uko hari abari n'abategarugore bagendana amavuta n'ibindi byo kwiyitaho

We agendana igisokozo mu mufuka, hari abahitamo kwitwaza udukapu

Elisée Mpirwa






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • ngarambe deus9 years ago
    Igisokozo ndumva ntacyo gitwaye arko nuburenganzira bwe
  • munyeragwe justin9 years ago
    uramubeshyeye ngo kuva kera! yitwazaga igisokozo? oya, kuko ndamuzi twarareranwe.





Inyarwanda BACKGROUND