Umuhanzi akaba n'umunyamakuru uri kwimenyereza umwuga kuri Televiziyo y'u Rwanda, Bagabo Adolf uzwi nka Kamichi uririmba injyana ya kinyafurika (Afrobeat) akunda kugendana igisokozo mu buryo bwo kugenda yita ku musatsi we igihe waba uhungabanye.
Abazi amateka y'uyu musore bavuga ko kuva cyera akunda kugendana igisokozo dore ko noneho muri iyi minsi afite inyogosho isaba ko umusatsi we uhora utunganye.
Aho yicaye aba afie igisokozo mu mufuka nk'uko hari abari n'abategarugore bagendana amavuta n'ibindi byo kwiyitaho
We agendana igisokozo mu mufuka, hari abahitamo kwitwaza udukapu
Elisée Mpirwa
TANGA IGITECYEREZO