RFL
Kigali

Hari abakobwa bagaragaje imyambarire idasanzwe mu gitaramo cya Jay Polly-AMAFOTO

Yanditswe na: Editor
Taliki:3/12/2012 0:00
0




Byari bimenyerewe ko imyambarire itangaje mu bitaramo by’abaraperi iba umwihariko ku basore gusa ariko muri iri joro ryakeye bamwe mu bakobwa baje bambaye mu buryo bwatangaje abababonye.

paparazzi

Uyu mukobwa akigera muri stade abantu bose bamuvugirije induru kubera imyambarire.

paparazzi

Ngiyo imyambarire y'uyu mukobwa.

PAPARAZZI

Aba bakobwa bakigera muri petit stade abantu bose bahindukiye bibaza ku myambarire yabo.

miss confidence

Umuhanzikazi Miss Confidence yeretse abafana igishushanyo kidasanzwe kiri hejuru y'ikibuno.

Imyambarire y’aba bakobwa yavuzwe byinshi n’abantu bose bababonye kuva kuri MC Tino wababonye bakinjira muri petit stade aho yabwiye abafana ati: “Nimurebe abanigga hari inyuma sha, dore umwana uhiye dore umwana ukeye sha!!!!!!!” abandi nabo bati: “Yeweeeeeeeeee!”

keza

Uyu yitwa Fearless, ni umuhanzikazi ukizamuka. Na we yaje yambaye agakabutura gato cyane gateye gutya.

paparazzi

Hari n'abasore bari bambariye amapantalo munsi y'ikibuno.

Bamwe mu bakobwa bagaragayeho imyambarire idasanzwe harimo abahanzikazi ,abandi natbwo twabashije kumenya icyo bakora haba mu muziki cyangwa mu buzima busanzwe.

paparazzi

Uyu muhanzikazi akigera muri stade abantu bose batangajwe n'agakabutura yari yambaye.

PAPARAZZI

Nguwo ku rubyiniro.

Mr Paparazzi.






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND