Byari bimenyerewe ko imyambarire itangaje mu bitaramo by’abaraperi iba umwihariko ku basore gusa ariko muri iri joro ryakeye bamwe mu bakobwa baje bambaye mu buryo bwatangaje abababonye.
Uyu mukobwa akigera muri stade abantu bose bamuvugirije induru kubera imyambarire.
Ngiyo imyambarire y'uyu mukobwa.
Aba bakobwa bakigera muri petit stade abantu bose bahindukiye bibaza ku myambarire yabo.
Umuhanzikazi Miss Confidence yeretse abafana igishushanyo kidasanzwe kiri hejuru y'ikibuno.
Imyambarire y’aba bakobwa yavuzwe byinshi n’abantu bose bababonye kuva kuri MC Tino wababonye bakinjira muri petit stade aho yabwiye abafana ati: “Nimurebe abanigga hari inyuma sha, dore umwana uhiye dore umwana ukeye sha!!!!!!!” abandi nabo bati: “Yeweeeeeeeeee!”
Uyu yitwa Fearless, ni umuhanzikazi ukizamuka. Na we yaje yambaye agakabutura gato cyane gateye gutya.
Hari n'abasore bari bambariye amapantalo munsi y'ikibuno.
Bamwe mu bakobwa bagaragayeho imyambarire idasanzwe harimo abahanzikazi ,abandi natbwo twabashije kumenya icyo bakora haba mu muziki cyangwa mu buzima busanzwe.
Uyu muhanzikazi akigera muri stade abantu bose batangajwe n'agakabutura yari yambaye.
Nguwo ku rubyiniro.
Mr Paparazzi.
TANGA IGITECYEREZO