“Mama ni we data. Nabiganiriyeho na we igihe kimwe mubajije ibya data maze aransubiza ngo ‘Ninjye so’” Aya ni amagambo yatangaje. Yarambajije ati: “Willy, reka ngire icyo nkubaza. Cyagihe imvura yagwaga nkagutwikira umutaka, warandakariye kuko ntakuretse ngo unyagirwe? Igihe hari hakonje nkaguha ikoti ryo kwifubika, wababjwe n’uko ntakuretse ngo ukonje? Rero ntukarakazwe nuko hari ibyo nkurinda byinshi… Urabibona ko ndi so”
Will.i.am
Wii.i.am ntiyigeze amenya se kandi ubu ntabwo acyumva akimukeneye cyane kubera afite nyina mwiza cyane.
Source 7sur7.be
Denise IRANZI
TANGA IGITECYEREZO