RFL
Kigali

Umuhanzi Will.i.am ati- Mama ni we data

Yanditswe na: kundabose jean david
Taliki:19/06/2013 17:14
0




“Mama ni we data. Nabiganiriyeho na we igihe kimwe mubajije ibya data maze aransubiza ngo ‘Ninjye so’” Aya ni amagambo yatangaje. Yarambajije ati: “Willy, reka ngire icyo nkubaza. Cyagihe imvura yagwaga nkagutwikira umutaka, warandakariye kuko ntakuretse ngo unyagirwe? Igihe hari hakonje nkaguha ikoti ryo kwifubika, wababjwe n’uko ntakuretse ngo ukonje? Rero ntukarakazwe nuko hari ibyo nkurinda byinshi… Urabibona ko ndi so”

Will.i.am


Wii.i.am ntiyigeze amenya se kandi ubu ntabwo acyumva akimukeneye cyane kubera afite nyina mwiza cyane.

Source 7sur7.be

Denise IRANZI






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND