Saa cyenda n’igice ni bwo ikipe ya APR FC na AS Kigali bahuriye mu mukino w’umusi wa 18 wa shampiyona ku kibuga cya sitade ya Kigali i Nyamirambo. Amakipe yombi ahuye nyuma yo kuba yose ari muri ane ya mbere kugeza ubu.
AS Kigali yakiriye umukino, yatangiye itarimo Kayumba Soter nka kapiteni wabanje hanze mu gihe APR FC itarimo Bizimana Djihad uherutse gusinya mu gihugu cy’u Bubiligi.
Dore abakinnyi babanza mu kibuga:
AS Kigali XI:Bate Shamiru (GK), Ngandu Omar, Benedata Janvier, Ally Niyonzima, Ndayisaba Hamidou, Latif Bishira, Murengezi Rodrigue, Mbarag Jimmy, Ndarusanze Jean Claude na Ngama Emmanuel.
APRFC XI: KImenyi Yves (GK, 21), Ombolenga Fitina 25, Imanishimwe Emmanuel 24, Nsabimana Aimable 13, Mugiraneza Jean Baptiste Miggy (C, 7), Rugwiro Herve 4, Amran Nshimiyimana 5, Iranzi Jean Claude 12, Byiringiro Lague 14 na Nshuti Dominique Savio 27.
Abasifuzi b'umukino
Abasimbura ba AS Kigali
As Kigaki FC bishyushya
Abafana ba APR FC
Umubyeyi (Ibumoso) wa Iranzi Jean Claude
Abafana ba AS Kigali
APR FC bishyushya
11 ba APR FC babanje mu kibuga
11 ba AS Kigali babanje mu kibuga
Abafana ba APR FC bitwaje impapuro ziriho amazina na nimero z'abakinnyi
AMAFOTO: Saddam MIHIGO (inyarwanda.com)
TANGA IGITECYEREZO