RFL
Kigali

Urukundo rugeze aharyoshye hagati ya Kwizera Pierrot wa Rayon sport hamwe n’umuririmbyikazi ASHLEY Diva

Yanditswe na: Seleman Nizeyimana
Taliki:30/09/2015 16:21
3


Kwizera Pierrot umwe mu bakinnyi ngenderwaho mu ikipe y’igihugu y’u Burundi ndetse akana n’umukinnnyi ushingiweho hagati mu kibuga mu ikipe ya Rayon sport, biravugwa ko kuri ubu ari mu rukundo rukomeye n’umuririmbyikazi w’umurundi ASHLEY Diva.



Nk’uko amakuru aturuka i Burundi dukesha ikinyamakuru Afrifame.bi abyemeza, Kwizera Pierre ukunze kwiyita Pierrot hamwe n’uyu muririmbyikazi Ashley Diva uzwi mu ndirimbo nka Nkorako, Waya waya n’izindi ngo bakunze kuba bari kumwe cyane basohokanye mu mujyi wa Bujumbura muri iyi minsi kenshi iyo uyu mukinnyi yasubiye mu rugo mu biruhuko cyangwa kwitabira imikino y’ikipe y’igihugu.

Pierrot

Pierrot na Ashley

Afrifame.bi ivuga ko Pierrot ari umwe mu byamamar by’i Burundi kugeza ubu udahishira umukunzi we kuko benshi bakunze kugira urukundo rwabo ibanga. Iby’uko baba bakundana kandi iki kinyamakuru kivuga ko binashimangirwa n’amagambo y’urukundo bombi bandikirana kuri facebook. 

Pieerto

Iyi foto yagaragaye ku rukuta rwa facebook ya Pierrot, iherekejwe n'amagambo agira ati " Avec my nana...bon dimanche a tous..."

Ashley

Ashley Diva nawe ntakiryama atifurije umukunzi ijoro ryiza

Kwizera Pierrot

Kwizera Pierrot wambaye numero 16, ni umwe mu bakinnyi bakina hanze y'u Burundi witabazwa mu ikipe y'igihugu Intamba mu rugamba

Ashley

Umuririmbyikazi Ashley Diva

Reba imwe mu ndirimbo ye yise 'Me love you'

Reba iyo yise 'Nkorako' 

 






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Nijimbere emery 8 years ago
    Ndabaramutsa none bakundanira hehe ibujumbura cank mu rwanda
  • emmanuel zibonukuri chicharito6 years ago
    Emmanueri Zibonukuri Chicharito piero avukahe yanikemukunzi amakuruye?
  • manzi5 years ago
    Rayon sport izatsinda ennyimba





Inyarwanda BACKGROUND