RFL
Kigali

MU MAFOTO 50: APR FC yasezerewe muri Total CAF Confederation Cup imaze gutsinda Djoliba AC-VIDEO

Yanditswe na: Mihigo Saddam
Taliki:18/03/2018 6:15
0


Ikipe ya APR FC yasezerewe na Djoliba AC mu mikino Nyafurika ihuza amakipe yatwaye ibikombe by'ibihugu nyuma yuko amakipe yombi anganya igiteranyo cy'ibitego 2-2. Bizimana Djihad na Nshuti Innocent nibo batsindiye APR FC.



N'ubwo ikipe ya APR FC yatsinze ibitego 2-1, yaje kugongwa no kuba yaratsinzwe igitego 1-0 mu mukino ubanza ndetse bakaza kuyibonamo igitego mu rugo, ibi byasabaga ko APR FC itsinda ibitego 3-1. Ikipe ya APR FC yatsindiwe na Bizimana Djihad ku munota wa 19', igitego cyaje cyishyura icyari cyatsinzwe na Siaka Bagayoko ku munota wa 9'.

Igitego cya kabiri cya APR FC cyatsinzwe na Nshuti Innocent ku munota wa 75' w'umukino nyuma y'uko yari yinjiye asimbura Nshuti Dominique Savio ku munota wa 48' w'umukino. Bizimana Djihad yahise yuzuza ibitego bine (4) muri iyi mikino kuko Anse Reunion FC yayitsinze ibitego bitatu (hat-trick).

Djoiliba AC nibo bafunguye amazamu

Djoiliba AC nibo bafunguye amazamu 

Byari ibyishimo kuri Djoliba AC i Kigali

Byari ibyishimo kuri Djoliba AC i Kigali

Djoliba AC yari ifite abakunzi muri sitade Amahoro

Djoliba AC yari ifite abakunzi muri sitade Amahoro

Ntaribi Steven (30)umunyezamu wa gatatu wa APR FC yihanganisha Nshuti Innocent watsinze igitego ku munota wa 75'

Ntaribi Steven (30) umunyezamu wa gatatu wa APR FC yihanganisha Nshuti Innocent watsinze igitego ku munota wa 75'

Nshuti Innocent yatsinze igitego cya mbere mu marushanwa Nyafurika ahuza amakipe y'intyoza

Nshuti Innocent yatsinze igitego cya mbere mu marushanwa Nyafurika ahuza amakipe y'intyoza

Ikipe ya APR FC yatangiye umukino ubona irwana no gusatira izamu ariko bibagirwa kwizigama binjizwa igitego hakiri kare. Mu minota ya nyuma y'igitego, ni bwo bisuganyije barishyura ariko ubona ko Djoliba AC bafite gahunda yo gutinza umukino biciye kuri Adama Keita umunyezamu w'iyi kipe wagiye yihanizwa kenshi.

Mu gice cya kabiri, Petrovic na Jimmy Mulisa bahise bakuramo Nshuti Dominique Savio bashyiramo Nshuti Innocent muri gahunda yo gukomeza ubusatirizi. 75' Nshuti Innocent winjiye asimbura Nshuti Dominique Savio yabonye igitego nyuma y'uko abasatira ba APR FC ari bakoze igikorwa cyo kubuza amahoro abugarira ba Djoliba AC. Iki gitego cyaje nyuma yuko Adama Keita umunyezamu wa Djoliba yari amaze guhabwa ikarita y'umuhondo.

Bizimana Djihad (8)na Iranzi Jean Claude (12) bibaza ibibaye

Bizimana Djihad (8) na Iranzi Jean Claude (12) bibaza ibibaye 

Buteera Andrew (20) ntabwo yakinnye mu gihe Issa Bigirimana (26) yasimbuwe na Sekamana Maxime

Buteera Andrew (20) ntabwo yakinnye mu gihe Issa Bigirimana (26) yasimbuwe na Sekamana Maxime

Djoliba AC yari ifite abakunzi muri sitade Amahoro

Djoliba AC yari ifite abakunzi muri sitade Amahoro

Djoliba AC yari ifite abakunzi muri sitade Amahoro

Djoliba AC yari ifite abakunzi muri sitade Amahoro

Seydou Diallo kapiteni wa Djoliba AC ashimira abafana

Seydou Diallo kapiteni wa Djoliba AC ashimira abafana

Abayobozi ba Djoliba AC bishimira i Kigali

Djoliba AC yari ifite abakunzi muri sitade Amahoro

Abayobozi ba Djoliba AC bishimira i Kigali 

Sekamana Maxime yasimbuye Issa Bigirimana

Sekamana Maxime yasimbuye Issa Bigirimana 

Ingabo zamugariye ku rugamba ..bafana APR FC

Ingabo zamugariye ku rugamba ..bafana APR FC 

Abatoza ba APR FC bageze aho bakorera rimwe

APR FC

Abatoza ba APR FC bageze aho bakorera rimwe 

Abafana ba APR FC

Abafana ba APR FC

Ubwo Nshuti Innocent yari amaze kubona igitego

Ubwo Nshuti Innocent yari amaze kubona igitego

Fal...

Kayiranga Vedaste visi perezida wa FERWAFA yereka abandi ibiri kuba

Kayiranga Vedaste visi perezida wa FERWAFA yereka abandi ibiri kuba 

Bizimana Djihad (8) yitanze mu buryo bushoboka

Bizimana Djihad (8) yitanze mu buryo bushoboka 

Adama Keita umunyezamu wa Djoliba AC yatindije umukino mu buryo bushoboka

Adama Keita umunyezamu wa Djoliba AC yatindije umukino mu buryo bushoboka

Abasimbura ba APR FC

Abasimbura ba APR FC

Kimenyi Yves umunyezamu wa APR FC

Kimenyi Yves umunyezamu wa APR FC yipima ko aresya n'izamu

Kimenyi Yves umunyezamu wa APR FC yipima ko areshya n'izamu

Nshuti Innocent yinjiye asimbura Nshuti Dominique Savio

Nshuti Innocent yinjiye asimbura Nshuti Dominique Savio

Umukino wasanaga imibare myinshi

APR FC

Umukino wasabaga imibare myinshi

Mugiraneza Jean Baptiste Miggy niwe kapiteni wa APR FC atemberana umupira

Mugiraneza Jean Baptiste Miggy kapiteni wa APR FC atemberana umupira 

Rugwiro Herve  yugarira

Rugwiro Herve

Rugwiro Herve yugarira 

Cheikh Niang (18) watsinze igitego i Bamako yagombaga gufatwa

Cheikh Niang (18) watsinze igitego i Bamako yagombaga gufatwa

Bizimana Djihad ku mupira azamuka agana izamu

Bizimana Djihad ku mupira azamuka agana izamu

Mbere gato yuko batera koruneri

Mbere gato yuko batera koruneri

Nshuti Dominique Savio yiruka ku mupira

Nshuti Dominique Savio yiruka ku mupira

Ombolenga Fitina ku mupira akurikiwe

Ombolenga Fitina ku mupira akurikiwe 

Ombolenga Fitina yurirwa na Siaka Bagayoko

Ombolenga Fitina yurirwa na Siaka Bagayoko  wanatsinze igitego

Mugiraneza Jean Baptiste Miggy niwe kapiteni wa APR FC ashaka aho yatanga umupira

Mugiraneza Jean Baptiste Miggy kapiteni wa APR FC ashaka aho yatanga umupira 

Nshuti Dominique Savio  bamugerageje mu mpande zose zigana imbere babona ni uwo gusimburwa

Nshuti Dominique Savio bamugerageje mu mpande zose zigana imbere babona ni uwo gusimburwa

Ombolenga Fitina niwe mukinnyi mu bakina mu mbavu z'ikibuga watanze imipira itembera imbere y'izamu (Centres)

Ombolenga Fitina niwe mukinnyi mu bakina mu mbavu z'ikibuga watanze imipira itembera imbere y'izamu (Centres)

Iranzi Jean Claude ku mupira ashaka aho yawunyuza kuko Siaka Bagayoko yari amuriho

Iranzi Jean Claude ku mupira ashaka aho yawunyuza kuko Siaka Bagayoko yari amuriho

Abakinnyi ba APR BBC bajya inama

Abakinnyi ba APR FC bajya inama 

Myugariro Nsabimana Aimable (Ibumoso) n'umunyezamu Ntaribi Steven (Ibumoso)  ntabwo bakinnye

Myugariro Nsabimana Aimable (Ibumoso) n'umunyezamu Ntaribi Steven (Ibumoso)  ntabwo bakinnye

Abafana b'abanyarwanda bazwiho gufana igitego

Abafana b'abanyarwanda bazwiho gufana igitego iyo kibuze baricara 

Hakizimana Muhadjili ashaka umupira

Hakizimana Muhadjili ashaka umupira

Bizimana Djihad (8) niwe wishyuye iki gitego ku munota wa 19'

Bizimana Djihad (8) niwe wishyuye iki gitego ku munota wa 19'

Amakipe asohoka mu rwambariro

Amakipe asohoka mu rwambariro

Abakinnyi basuhuzanya

Abakinnyi basuhuzanya

11 ba Djoliba AC babanje mu kibuga

11 ba Djoliba AC babanje mu kibuga 

11 ba APR FC babanje mu kibuga

11 ba APR FC babanje mu kibuga

Abakinnyi babanje mu kibuga:

APR FC: Kimenyi Yves, Rugwiro Herve, Mugiraneza Jean Baptiste, Bizimana Djihad, Hakizimana Muhadjili, Iranzi Jean Claude, Buregeya Prince Aldo, Imanishimwe Emmanuel, Ombolenga Fitina, Bigirimana Issa na Nshuti Dominique Savio.

Djoliba AC: Adama Keita (GK), Siaka Bgayoko, Emile Kone, Aboulaye Diaby, Mamoutou Kouyate, Oumar Kida, Mamadou Cisse, Seydou Diallo (C), Naby Soumah, Cheikh Niang na Boubacar Traore.

Abasifuzi n'abakapiteni

Abasifuzi n'abakapiteni

REBA HANO MU NCAMAKE UKO UYU MUKINO WAGENZE


AMAFOTO: Saddam MIHIGO (Inyarwanda.com)

VIDEO: Niyonkuru Eric-Inyarwanda.com






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND