RFL
Kigali

MU MAFOTO: Uko imyiteguro imeze mbere y'uko Tour du Rwanda 2017 itangira

Yanditswe na: Mihigo Saddam
Taliki:12/11/2017 10:31
0


Saa tanu zuzuye ku masaha ya Kigali (11h00’) nibwo Le Court de Billot Olivier ukinira ikipe y’ibirwa bya Maurices ahaguruka akazenguruka ibirometero 3.3 bakamubarira ibihe ari bukoresha (Individual Time Trial) bityo n’abandi bakagenda bakurikirana haciyemo intera y’umunota umwe.



 Muri uku kuzenguruka abakinnyi bose biraza kugeza ku isaha ya saa sita n’iminota 20 (12h20’) ubwo hari buze kuba hahaguruka Ndayisenga Valens, umunyarwanda ukinira ikipe ya Tirol Cycling Team muri Autriche kuko niwe nimero ya mbere bitewe n'uko ariwe wayegukanye umwaka ushize.

Abaterankunga , ibitangazamakuru mpuzamahanga abafite imirimo itandukanye muri iri rushanwa bamaze kwitegura buri kimwe ku buryo igisigaye ari ifirimbi ya komiseri kugira ngo abakinnyi batangire bakine.

 Dore uko bihagaze mbere y'uko abakinnyi batangira kwigaragaza mu muhanda: 

Umutekano urahagije

Umutekano urahagije  ku bashaka kureba abahanga mu gutwara igare 

Uruganda rwa SKOL umwe mu baterankunga b'umukino w'amagare mu Rwanda

Uruganda rwa SKOL umwe mu baterankunga b'umukino w'amagare mu Rwanda

Ushaka kunywa SKOL yicaye intebe zirahari

Ushaka kunywa SKOL yicaye intebe zirahari

SKOL

Ateruye SKOL

Mu marembo ya sitade Amahoro

Mu marembo ya sitade Amahoro

 Bayingana Aimable  (Ibumoso) uyobora ishyirahamwe ry'umukino w'amagare mu Rwanda (FERWACY) asuhuzanya na Jean Butoyi (iburyo)umunyamakuru wa RBA

Bayingana Aimable  (Ibumoso) uyobora ishyirahamwe ry'umukino w'amagare mu Rwanda (FERWACY) asuhuzanya na Jean Butoyi (iburyo)umunyamakuru wa RBA

Umufana

Umufana 

Ikibumbano cya SKOL gisa n'umuntu utwaye igare

SKOL

Ikibumbano cya SKOL gisa n'umuntu utwaye igare 

Umuhanda uva ku cyicaro gikuru cya AIRTEL ugana krui sitade Amahoro

Umuhanda uva ku cyicaro gikuru cya AIRTEL ugana kuri sitade Amahoro

Abategereje ko abakinnyi batangira

Abategereje ko abakinnyi batangira 

N'Hash  umushyushya rugamba wa SKOL muri Tour du Rwanda 2017

 

N'Hash  umushyushya rugamba wa SKOL muri Tour du Rwanda 2017N'Hash  umushyushyarugamba wa SKOL muri Tour du Rwanda 2017

Abafana bahabwa ibikoresho bibafasha gufana

Abafana bahabwa ibikoresho bibafasha gufana

Abafana bahabwa ibikoresho bibafasha gufana

Abafana bahabwa ibikoresho bibafasha gufana

Abantu bose barahuze

Abantu bose barahuze

Ruhumuriza Abraham wasezeye gukina kuri iyi nshuro azaba atwara moto y'uwushinzwe kubara iminota y'abakinnyi (Time-Keeper)

Ruhumuriza Abraham wasezeye gukina kuri iyi nshuro azaba atwara moto y'uwushinzwe kubara iminota y'abakinnyi (Time-Keeper)

Imyiteguro igeze kure kuko umukinnyi wa mbere arahaguruka saa Tanu (11h00') mu gihe uwa nyuma ahaguruka saa sita na 20'

Imyiteguro igeze kure kuko umukinnyi wa mbere arahaguruka saa Tanu (11h00') mu gihe uwa nyuma ahaguruka saa sita na 20'

AMAFOTO: Saddam MIHIGO






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND