RFL
Kigali

20 KM de Bugesera:Ibihembo byarazamuwe byiharirwa na APR AC-AMAFOTO

Yanditswe na: Mihigo Saddam
Taliki:12/06/2017 16:14
0


Kuri iki Cyumweru tariki 11 Kamena 2017 ubwo hakinwaga amarushanwa yabarizwaga mu kiswe “20 Km de Bugesera”, ikipe ya APR Athletic Club itozwa na Rwabuhihi Innocent niyo yagize amahirwe yo gutwara ibihembo byinshi mu byatanzwe mu bahize abandi mu ntera ya kilometero 20.



Mu bihembo byatanwe mu bahize abandi mu ntera ya kilometero 20, hahembwe abahungu batandatu (6) n’abakobwa batandatu (6) baje mu myanya ya mbere.

Mu bihembo 12 byatanzwe muri iki cyiciro, icumi (10) muri byo byatwawe n’ikipe ya APR AC.

Mu bahungu, APR AC yatwayemo ibihembo bitanu (5) mu gihe mu cyiciro cy’abakobwa nabo babigenje nk’uko basaza babo babigenje batwara ibihembo bitanu (5).

Uretse kuba iri rushanwa ryari riteguye mu buryo bwubahiriza amasaha n’umutekano wari wakajijwe  ku buryo nta mukinnyi cyangwa umufana wigeze agira ikibazo mu nzira zose zanyuzwemo n’aya amarushanwa.

Nk’uko Gasore Serge umuyobozi wa Gasore Serge Foundation Community yakunze kubitangaza mbere y’irushanwa, ibihembo by’uyu mwaka byari hejuru y’ibisanzwe bitangwa mu Rwanda ku bakinnyi bakina iyi ntera.

Umukinnyi wa mbere yahawe ibihumbi 200 by’amafaranga y’u Rwanda (200.000 FRW), umukurikiye ahabwa ibihumbi 150 (150.000 FRW). Uwa Gatatu yatahanye ibihumbi 80 (80.000 FRW), uwa gatanu ahabwa ibihumbi 70 (70.000 FRW) mbere yuko uwa gatandatu yahawe ibihumbi 50 (50.000 FRW).

Dore uko bakurikiranye mu ntera ya 20 KM (Abahungu):

1.Nizeyimana Alexis (APR AC): 1h00’33”

2.Sugira James (MCAC): 1h00’35”

3.Nzirorera Joseph (APR AC): 1h01’32”

4.Hitimana John (APR AC): 1h01’59”

5.Hakizimana John (APR AC): 1h2’11”

6.Tuyishime Chriostophe (APR AC): 1h03’39’

Dore uko bakurkiranye mu ntera ya 20 KM (Abakobwa):

1.Yankurije Martha (APR AC): 1h12’56”

2.Mukandanga Clementine (NAS): 1h14’32”

3.Mukasakindi Claudette (APR AC): 1h16’18”

4.Niragire Vivine (APR AC): 1h21’32”

5.Musengimana Pelagie (APR AC): 1h23’55”

6.Nyirahabimana Gness (APR AC): 1h27’07”

Dore uko bakurikiranye mu ntera ya 8 KM (Abahungu):

1.Niyonzima Olivier (MCAC): 26’31”44”’

2.Nimubona Yves (Mahama): 26’42”41”’

3.Nshimiyimana Jean Baptiste (GS.Ntarama):27’54”41”’

4.Turikunkiko Eric (VJN): 28’04”07”’

5.Nizeyimana Sylvain (Nyaruguru): 28’04”25”’

6.Nkejumuto Ildefonse (NAS Ntarama): 28’25”36”’

Dore uko bakurikiranye mu ntera ya 8 KM (Abakobwa):

1.Niyirora Primitive (NAS): 32’12”

2.Nishimwe Beatha (NAS): 32’31”

3.Uwambajimana Jeannette (Kamonyi): 32’34”

4.Muhayeyezu Angelique (NAS): 33’04”

5.Nayituriki Dorothe (Rwamagana): 33’35”

6.Mutuyimana Epiphanie (MCAC): 35’50’

Dore uko bakurikiranye mu ntera ya 3KM (Abahungu):

1.Twizerimana Claude (Ntarama): 11’33”

2.Tuyishimire Jedo (Ntarama): 11’45”

3.Nsengumuremyi Emmanuel (Ntarama): 11’50”

4.Ntivuguruzwa Israel (Ntarama): 11’56”

5.Bavugensabe Joranda (Ntarama): 12’00”

Dore uko bakurikiranye mu ntera ya 8 KM (Abakobwa):

1.Tuyishimire Mediatrice (Ntarama): 13’34”

2.Uwimana Sandrine (Ntarama): 13’58”

3.Bazizane Rosine (Ntarama): 14’20”

4.Simbi Marie Claire (Ntarama): 14’54”

5.Iradukunda Muhoza (Ntarama): 15’12”

AMAGARE:

Abahungu:

1.Rushigajiki Innocent : 47’21”

2.Sebanani Jackson: 47’21”01”’

3.Dusabimana Emmanuel: 47’21”03”’

Abakobwa:

1.Manizabayo Magnifique: 50’26”

2.Niyidukunda Sandrine: 52’38”

3.Nzayihiki Scholastique: 54’56”

Nizeyimana Alexis niwe wabaye uwa mbere mu bilometero 20 mu cyiciro cy'abagabo

Nizeyimana Alexis niwe wabaye uwa mbere mu bilometero 20 mu cyiciro cy'abagabo

Rwabuhihi Innocent ari kumwe n'abakinnyi atoza

Rwabuhihi Innocent ari kumwe n'abakinnyi atoza

Uwase Hirwa Honorine uzwi nka Miss Igisabo yatangaga ibihembo ku bakobwa bitwaye neza mu ntera ya 20 Km

Uwase Hirwa Honorine uzwi nka Miss Igisabo yatangaga ibihembo ku bakobwa bitwaye neza mu ntera ya 20 Km

Yankurije Marthe ahabwa igihembo yatsindiye atwara umwanya wa mbere mu bakobwa basiganwe mu ntera ya 20 KM

Yankurije Marthe ahabwa igihembo yatsindiye atwara umwanya wa mbere mu bakobwa basiganwe mu ntera ya 20 KM

Abana bahize abandi mu ntera ya Km 8 (Abahungu)

Abana bahize abandi mu ntera ya Km 8 (Abahungu)

Abana bahize abandi mu ntera ya Km 3 mu byi bahembwe harimo n'ihene

 Abana bahize abandi mu ntera ya Km 3 mu byi bahembwe harimo n'ihene

Rusigajiki Innocent wahize abandi mu gusiganwa ku magare yahembwe ibihembo birimo n'igare rishya

Rusigajiki Innocent wahize abandi mu gusiganwa ku magare yahembwe ibihembo birimo n'igare rishya

Manizabayo Magnifique yahize abandi mu gusiganwa ku igare nawe yahembwe ibirimo n'igare rishya

Manizabayo Magnifique yahize abandi mu gusiganwa ku igare nawe yahembwe ibirimo n'igare rishya

Imanizabayo Magnifique atahana igare rye

Imanizabayo Magnifique atahana igare rye 

Abanyeshuli babaye aba mberemu biganiro mpaka barahembwe ndetse baneretse abari bateraniye mu kigo cya Gasore Serge Foundation ko banazi kubyina

Abanyeshuli babaye aba mberemu biganiro mpaka barahembwe ndetse baneretse abari bateraniye mu kigo cya Gasore Serge Foundation ko banazi kubyina

AMA-G The Black na mugenzi we Ndahiro Valens Pappy umunymakuru kuri City Radio nibo baririmbiye abari baje kureba amarushanwa

AMA-G The Black na mugenzi we Ndahiro Valens Pappy umunymakuru kuri City Radio nibo baririmbiye abari baje kureba amarushanwa

Ndahiro Valens Pappy umunyamakuru wa City Radio asigaye aririmbana na AMAG-The Black

Ndahiro Valens Pappy umunyamakuru wa City Radio asigaye aririmbana na AMAG-The Black

AMA-G The Black imbere y'abatuye i Ntarama

AMA-G The Black imbere y'abatuye i Ntarama 

Mu myanya y'icyubahiro yarimo abakozi muri MINISPOC n'akarere ka Bugesera

Mu myanya y'icyubahiro yarimo abakozi muri MINISPOC n'akarere ka Bugesera

Abangavu b'i Ntarama bayina kinyarwanda

Abangavu b'i Ntarama bayina kinyarwanda

 AMAFOTO AGARAGAZA IBICE BITANDUKANYE IRUSHANWA RYA 20 KM DE BUGESERA RYANYUZEMO:

Bamaze kwitegura neza guhaguruka kuri Golden Tulip Hotel Nyamata

Bamaze kwitegura neza guhaguruka kuri Golden Tulip Hotel Nyamata

Ifirimbi ivuze bose batangira isiganwa

Ifirimbi ivuze bose batangira isiganwa

Abafana ku mihanda

Abafana ku mihanda

Ingabo na polisi bari bakoze ibishoboka imihanda itegurwa mu buryo nta muntu wahagiriye ikibazo

Ingabo na polisi bari bakoze ibishoboka imihanda itegurwa mu buryo nta muntu wahagiriye ikibazo

Abasiganwaga mu buryo bwo klwishimisha

Abasiganwaga mu buryo bwo klwishimisha

Mu mihanda y'i Nyamata aho irushanwa ryagombaga guca

Mu mihanda y'i Nyamata aho irushanwa ryagombaga guca

Aba mbere batangiye kwigaragaza

Aba mbere batangiye kwigaragaza

Abakomiseri b'irushanwa bagenda berekana aho isiganwa rigomba guca

Abakomiseri b'irushanwa bagenda berekana aho isiganwa rigomba guca

Abari inyuma

Abari inyuma 

Abasiganwa bagaruka bava i Nyamata mu mujyi bagana i Ntarama kuri Gasore Serge Foundation

Abasiganwa bagaruka bava i Nyamata mu mujyi bagana i Ntarama kuri Gasore Serge Foundation

Baba  bahana ibyitwa 'Ama-Chances'

Bagombaga kuva i Nyamata bagakata ikorosi ry'ahitwa kuri ARRETTE

 

Bageraga ahitwa kuri ARRETTE bagakata mu muhanda w'igitaka bana i Ntarama

Bageraga ahitwa kuri ARRETTE bagakata mu muhanda w'igitaka bana i Ntarama

Umuhanda ugana i Ntarama

Amakorosi agana ku biro by'umurenge wa Ntarama

Urwibutso rwa Jenoside rwa Ntarama ruri kubakwa mu buryo buruta ubwari busanzwe

Urwibutso rwa Jenoside rwa Ntarama ruri kubakwa mu buryo buruta ubwari busanzwe 

Ku rusengero urenze ku rwibutso rwa Jenoside ruri i Ntarama ku murenge

Ku rusengero urenze ku rwibutso rwa Jenoside ruri i Ntarama ku murenge

Aho irushanwa ryagombaga kurangirira

Aho irushanwa ryagombaga kurangirira

Myasiro Jean Marie Vianney utarakinnye kubera ikibazo cy'imvune yari yatanze ubufasha mu bakomiseri b'irushanwa

Myasiro Jean Marie Vianney utarakinnye kubera ikibazo cy'imvune yari yatanze ubufasha mu bakomiseri b'irushanwa

Nizeyimana Alexis ahinguka ku isonga

Nizeyimana Alexis ahinguka ku isonga akoresheje isaha imwe, n'amasegonda 33" (1h00'33")

Sugira James yakoresheje isaha imwe n'amasegonda 35' (1h00'35

Sugira James yakoresheje isaha imwe n'amasegonda 35' (1h00'35")

Nzirorera Joseph yabaye uwa gatatu akoresheje 1h1'32

Nzirorera Joseph yabaye uwa gatatu akoresheje 1h1'32"

Hakizimana John uheruka kuba uwa gatatu muri Kigali International Half Marathon yabaye uwa gatatnu akoresheje 1h2'11

Hakizimana John uheruka kuba uwa gatatu muri Kigali International Half Marathon yabaye uwa gatanu akoresheje 1h2'11" 

AMAFOTO: Saddam MIHIGO/INYARWANDA.COM






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND