RFL
Kigali

Indwara idasanzwe yavukanye yatumye yirukanwa ku ishuri kuko atera abandi bana ubwoba-Amafoto

Yanditswe na: Robert Musafiri
Taliki:20/08/2014 12:17
3


Mu gihugu cy’Ubuhinde haravugwa umwana w’umuhungu w’imyaka 8 wafashwe n’indwara idasanzwe aho yabyimbye ibiganza n’intoki mu buryo bukabije ku buryo biruta umutwe we.



Nk’uko bigaragara ku kinyamakuru cya Daily Mail,uyu mwana witwa Young Kaleem akomerewe cyane n’ubu burwayi yavukanye ku buryo adashobora gukora uturimo tumwe na tumwe tw’amaboko nko gufunga imishumi y’inkweto ndetse n’ibindi.

ff

Ibiganza biruta umutwe ubunini

Nyina w’uyu mwana witwa Haleema w’imyaka 27 avuga ko ubwo yabyaraga uyu mwana yari afite ibiganza binini ariko ngo ntiyatekerezaga ko byagera kuri urwo rwego biriho ubu.

rr

Abana baturanye bagerageza kumuba hafi

erer

Ibiganza bye birabyimbye mu buryo bukabije

ftft

Kubera igihe amaranye iyi ndwara,amaze kuyimenyera ku buryo bimwe abyikorera

gg

Se w'uyu mwana avuga ko ahangayikishijwe cyane n'ahazaza h'umuhungu we

vv

Ubuzima uyu mwana abayeho burababaje

vv

Abaganga bavuga ko iyi ndwara idasanzwe ariko ahandi uyu mwana ni muzima usibye ibiganza gusa

ff

Nyina w'uyu mwana nawe ababajwe cyane n'iyi ndwara y'umuhungu we

gg

Ikiganza cye ni uku kingana ugereranyije n'umuntu usanzwe

Ikibabaje kurushaho ni uko ku ishuri uyu mwana yigagaho bamwirukanye bamuhora ko atera abandi bana ubwoba.

Robert Musafiri






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • NIYIRORA EMMANUEL9 years ago
    Uyumwana ntiyarakwiye kwirukanwa kereka birengagije uburenganzira bwa muntu
  • dallas9 years ago
    Ukuntu ari keza gusa nikihangane imana irakazi
  • Nitwa Robert9 years ago
    Se wuyu mwana na nyina bamushakire umunt umwigishiriza murugo





Inyarwanda BACKGROUND