RFL
Kigali

Umukunzi w’umunyamakuru Kwizigira wa RBA bagiye kurushinga yamusanganiye ku kibuga cy’indege-AMAFOTO

Yanditswe na: Janvier Iyamuremye
Taliki:18/05/2018 10:26
4


Kwizigira Claude Umunyamakuru wa RBA yasanganiwe n’umukunzi we bitegura kurushinga ubwo yageraga ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe ari kumwe n’ikipe ya Rayon Sports bavuye mu gihugu cya Tanzania.



Mu ijoro ryo kuri uyu wa 17 Gicurasi 2018 ni bwo ikipe ya Rayon Sports yageze i Kigali ikubutse muri Tanzania aho yari ifite umukino wayihuje n’ikipe ya Yanga Africans baganyije ubusa ku busa.

Claude wa RBA agiye kurushinga

Kwizigira Claude ni umwe mu bamaze kwigarurira abakunzi b’imikino hano mu Rwanda kubera ukuntu avuga akanogeza imipira kuri Radiyo ikunzwe kurusha izindi mu Rwanda. Kwizigira Claude na Umubyeyi Clarisse bagiye kurushinga nyuma y’imyaka cumi n’itanu bari mu munyenga w’urukundo.

kwizigira isaac

Kwizigira Claude yasohotse mu kibuga cy'indege akubita agatwenge

Ubukwe nyirizina buteganyijwe kuba  tariki 21 Nyakanga 2018. Kwizigira yinjiye mu cyiciro cy’abanyamakuru bamaze n’abatigura gusezera ubuseribateri barimo umunyamakuru w’imikino Sam Karenzi wemeje ko agiye kurushinga muri Kanama 2018; mu mezi macye ashize kandi Rigoga Ruth wa Tv10 yararushinze ndetse na Jules Karangwa.

AMAFOTO:

Claude

Yabanje gusuhuzanya n'inshuti z'umukunzi we

kwizigira claude

Ageze ku mukunzi we, Kwizigira Claude yamusekeje

RBA

inshuti ze

Inshuti z'umuryango mushya bifotozanyije na Kwizigira Claude

claude wa RBA

kwizigira wa RBA

Manzi

Bashiki ba Manzi Thierry ukina mu ikipe ya Rayon Sports, Umubyeyi Clarisse [uri iburyo] ni we mukunzi wa Kwizigira Claude

umubyeyi Clarisse

Clarisse ugiye kurushinga

Kwizigira Claude yitegereza umukunzi we Umubyeyi Clarisse bagiye kwambikana iy'urudashira

manzi thierry

Manzi Thierry yifotozanya na bashiki be, Kwizera Claude n'umukunzi we

thierry wa RBA

Thierr muri Rayon Sports

Umubyeyi Clarisse na Kwizigera Claude baritegura guhamya isezerano ryabo






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • aline5 years ago
    alikwaka kababy bigaragarako gakunda type kbs nubwo basa nabataberanye pe. komutatubuiye se ibyakulikiye nyumayokuva kukibuga ra???? wamugabo we umenyeko IMANA Igukunda pe kuguha akana nkaka kagukundagucya, ntuzakababaze doreko uwambayikirezi atamenyako cyera, kandidisi wasanga karabenze ababogars benshi
  • austin5 years ago
    esuriyawundi wama badges ulikuirebesha icyoroshye nokuizilika kumutype ninde??? wamukobwa we clarisse ubemasso ndabona bashobora kugutera gapapu, iliya mukorogo ilikwikuba kuli type wawe nutarebaneza iragukuzaho
  • Hadali5 years ago
    Hahahhah uyu nawe abonye umugore ntagasekwe nga bakundanye imyaka ingahe ? Burya se twiganaga nuyu mukobwa ESAPAG bakundana ra ? hahahha muzabeshye abandi batazi Clarisse bubu dore ko ariko twamwitaga gusa arabe yarisubiye azi ibyo agiye mo naho gukundana imyaka 10 nibareke kubeshya abantu
  • Yayay5 years ago
    Mbega umutipe mubi. Aberanye n'uriya ufite mu gatuza ha bien niwe mbona uzi agakino





Inyarwanda BACKGROUND