Kuri uyu wa Gatandatu tariki 22 Mata 2017 i Kampala muri Uganda bahereye igitaramo cya Urban Boyz ndetse na Ykee Benda cyabereye ahitwa Light in Club, iki gitaramo cyitabiriwe ku rwego rwo hejuru.
Iki gitaramo cya Urban Boyz na Ykee Benda cyabereye Light in Club, ni igitaramo cya mbere Urban Boyz bakoreye muri Uganda mbere gato y’ikindi gitaramo bazakorera muri iki gihugu tariki 29 Mata 2017 aho bazahurira n'abandi bahanzi barimo Sheebah Karungi, Bruce Melody n'abandi benshi bazaririmba mu gitaramo cyiswe Rwanda-Burundi Night kizabera ahitwa Cayenne Bar&Restaurent.
AMAFOTO YARANZE IGITARAMO:
Uku ni ko Ykee Benda yitabiriye iki gitaramoHumble G nawe ni uku yagaragaye muri iki gitaramoProducer Nassim usanzwe ukorera Ykee Benda ndetse n'abandi bahanzi bakomeye muri Uganda nawe yari ahariAbafana ba muzika i Kampala bari bitabiriye iki gitaramoYkee Benda yafatanyije na Urban Boyz mu gitaramo bakoreye i Kampala
TANGA IGITECYEREZO