RFL
Kigali

UGANDA: Uko igitaramo cya Urban Boyz na Ykee Benda cyagenze –AMAFOTO

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:24/04/2017 21:09
2


Kuri uyu wa Gatandatu tariki 22 Mata 2017 i Kampala muri Uganda bahereye igitaramo cya Urban Boyz ndetse na Ykee Benda cyabereye ahitwa Light in Club, iki gitaramo cyitabiriwe ku rwego rwo hejuru.



Iki gitaramo cya Urban Boyz na Ykee Benda cyabereye Light in Club, ni igitaramo cya mbere Urban Boyz bakoreye muri Uganda mbere gato y’ikindi gitaramo bazakorera muri iki gihugu tariki 29 Mata 2017 aho bazahurira n'abandi bahanzi barimo Sheebah Karungi, Bruce Melody n'abandi benshi bazaririmba mu gitaramo cyiswe Rwanda-Burundi Night kizabera ahitwa Cayenne Bar&Restaurent.

AMAFOTO YARANZE IGITARAMO:

Urban BoyzUku ni ko Ykee Benda yitabiriye iki gitaramoUrban BoyzHumble G nawe ni uku yagaragaye muri iki gitaramoUrban BoyzProducer Nassim usanzwe ukorera Ykee Benda  ndetse n'abandi bahanzi bakomeye muri Uganda nawe yari ahariUrban BoyzUrban BoyzUrban BoyzAbafana ba muzika i Kampala bari bitabiriye iki gitaramoUrban BoyzUrban BoyzYkee Benda yafatanyije na Urban Boyz mu gitaramo bakoreye i Kampala






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • 7 years ago
    bose ko baririmbira mu kabari mukavuga ngo byitabiriwe n'abantu benshi ngo bateye imbere
  • Tom7 years ago
    Igitaramo cyo mu kabari en plus cya prayback nta kigenda





Inyarwanda BACKGROUND