RFL
Kigali

Anitha Pendo arembeye mu bitaro

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:11/02/2017 9:19
36


Umunyamakuru akaba umushyushyarugamba ndetse n’umu DJ Anitha Pendo arembeye mu bitaro bibarizwa mu mujyi wa Kigali bizwi nko kwa Nyirinkwaya, uyu munyamakuru wa RBA byamenyekanye ko arwaye nyuma yuko ashyize ifoto ku rukuta rwe rwa Instagram aryamye mu bitaro.



Umunyamakuru wa Inyarwanda.com akimara kumenya ko uyu mukobwa ukunzwe yaba arwaye yashatse kuvugana na we gusa kuko ari mubitaro bigoye ko avugira kuri telephone igihe kinini yabwiye umunyamakuru  ko yafashwe kuri uyu wa Gatanu tariki 10 Gashyantare 2017 akajya kwa Nyirinkwaya yahagera bagahita bamushyira mu bitaro.

anitha

Anitha Pendo arembeye kwa Nyirinkwaya

Abajijwe ibijyanye n’indwara bamusanzemo yabwiye umunyamakuru ko afite ikibazo cy’amazi make mu mubiri ariko ataramenya neza icyo arwaye by’ukuri ko ari bubimenye nyuma y’ibizami byakozwe na muganga. Ku biijyanye n’igihe azavira mu bitaro Anitha Pendo yabwiye umunyamakuru ko ari abaganga babizi.






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • eva7 years ago
    Cyangwa aratwite sha
  • mukabaranga germaine7 years ago
    oh narware ubukira disi kd mubuzima bibaho siwe wenyine azakira.
  • Ritha 7 years ago
    very sorry pendo, God be with you. take care
  • 7 years ago
    yooooooo urware ubucyira turagusenjyera
  • king7 years ago
    amazi mumubiri? nihatari iki kibazo cyyakwicira ubukwe bayongeremo kabisa
  • Jessica7 years ago
    Kagezemo sha!!
  • mupice7 years ago
    pore sana sst. izere ko Imana izi byose knd inabishoboye.
  • masooo7 years ago
    Ubwo yatinze kujya kwipimisha inda none itangiye kumugwa nabiiiiiii!!! Urware ubukira mugore mwizaaaaa
  • jerome7 years ago
    Aratwite, nakomere azakira umushyuya rugaba wacu.
  • Manzi7 years ago
    Apuu!! najyaga ngirango uri igisabo none uri mukagatare!!
  • tugirimana silas7 years ago
    uwizeye uwiteka ntajya arwara.ngo arembere mubitaro anita izere yezu nkumukiza aragukiza mais pole ihangane urakira
  • RUBANDANGABO J.CLAUDE7 years ago
    Nitwa claude uwo muvandimwe niyihangane kandi arware ubukira ,
  • Kankazi7 years ago
    Twizere ko atagerageje gukuramo ya nda atwite!
  • Obed UMUHANZI7 years ago
    Anitha Imana iramukiza akomeze yihangane turamusengera.
  • Lamar 7 years ago
    Wasanga @Ndanda yarateretsemo igi Hhhhhha
  • mugabo7 years ago
    imanigufashe urwarubukira
  • alida7 years ago
    ihangane turagusengera urakira wizete imana .
  • Lambert7 years ago
    Yihangan Arakira.Turamwemera
  • Ambassador7 years ago
    arko uyuwe ko asigaye arwaragurika cg nizandwara zqbakecuru
  • uk7 years ago
    Ariko se, umu star arakorora, mukandika, yasitara, mukandika. Ubu se abandi barwayi yasanze kwa Nyirinkwaya, barangana iki ?





Inyarwanda BACKGROUND