RFL
Kigali

AMAFOTO+VIDEO: RunTown yahaye amafaranga inkumi yahize abandi kubyina indirimbo ye

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:24/09/2017 9:56
1


Mu gitaramo Runtown yakoreye mu mujyi wa Kigali kuri uyu wa Gatandatu tariki 23 Nzeli 2017 ,RunTown yahembye inkumi yahize izindi kubyina neza indirimbo ye ‘Bend down pause’.



Ubwo uyu muhanzi wo muri Nigeria yari ku rubyiniro yaje gusaba ko abakobwa biyiziho ubuhanga mu kubyina bazamuka ku rubyiniro kugira ngo barushanwe kubyinana indirimbo ye ‘Bend Town Pause’. Abakobwa b'inkwakuzi bagera kuri batandatu bahise bazamuka ku rubyiniro bararushanwa, icyakora uko bahiganwaga umwe muri bo aza kubikora neza kubarusha bimuhesha amahirwe yo gutsindira amafaranga yaherewe ku rubyiniro.

Inkumi zarushanyaga kubyina indirimbo ya RunTownIyi nkumi ni yo yegukanye amafaranga

Aya mafaranga Runtown yahaye uyu mukobwa byari bigoye kumenya umubare wayo cyane ko uwo yayahaye nawe atigeze atangaza umubare wayo cyangwa umwirondoro we.

REBA HANO UKO BYARI BYIFASHE






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • 6 years ago
    kombonye bose ntanumwe uzi no kuyibyina ayiherey umwiza sha suwabyinnye neza





Inyarwanda BACKGROUND