RFL
Kigali

Urban boys bazasusurutsa abazitabira ifungurwa ry'akabyiniro ka "Top 14 Night Club"

Yanditswe na: Mutiganda wa Nkunda
Taliki:13/01/2015 20:10
1


Kuri uyu wa gatanu taliki 16/01/2015 nibwo hazafungurwa akabyiniro gashya kitwa Top 14 night Club .Mu muhango wo gufungura aka kabyiniro kajyanye n’icyerekezo, hakazaba n’igitaramo kizaba kirimo abahanzi banyuranye bazafatanya n’itsinda rya Urban boys.



Akabyiniro ka Top 14 night Club  gaherereye ahahoze ari High Noon , munsi y’umuhanda ujya ku ivuriro ryo kwa Nyirinkwaya I Remera ku Kisementi ,ku kabari kitwa Little Five Bar.

 Urban boys

Abazitabira igitaramo cyo gufungura aka kabyiniro  bakazasusurutswa n’itsinda rya Urban boys kuva i saa yine(22h00) kugeza bukeye.

Imbere mu kanyiniro

 Uku niko imbere mu kabyiniro ka Top 14 Night Club hameze

Top 14 night Club

 Akabyiniro ka Top 14 night Club gaherereye ku Kisimenti, ku muhanda ugana kwa Nyirinkwaya

Akabyiniro ka Top 14 night Club gaherereye ku Kisimenti, ku muhanda ugana kwa Nyirinkwaya

Kwinjira muri iki gitaramo ni amafaranga ibihumbi bitatu(3000 Frw) ku muntu umwe , uzaza aherekejwe(couple) azishyura ibihumbi bitanu(5000 Frw). Abakobwa 20 bambere bazinjirira ubuntu  .

R.Christophe






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Uwiringiyimana vincent9 years ago
    Eeeh kombona hameze neza!!!!!





Inyarwanda BACKGROUND