RFL
Kigali

Tigo Bonane igiye gufasha Alain Patrick gusubira mu ishuri nyuma yo gutombora miliyoni

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:20/11/2015 12:02
2


Umunyamahirwe wa 13 muri Tigo Bonane yabaye Alain Patrick Ruhatana wo mu murenge wa Masaka mu karere ka Kicukiro.Nyuma yo gutwara iyi miliyoni yavuze ko agiye gusubira mu ishuri.



Umunyamahirwe Ruhatana Alain Patrick yaganiriye n’abanyamakuru.

1. Twibwire, utubwire amazina yawe, aho utuye, n’icyo ukora.

Alain Patrick: “Nitwana Ruhatana, mfite imyaka 26, mba mu murenge wa Masaka, akarere ka Kicukiro. Ndi umu technician,njyenda nkora ibiraka nkora imiriro. ”

2. Tigo Iguhamagara n’ijoro, ukumva watsindiye miliyoni 1 wabyakiriye ute?

Alain Patrick: “ byantunguye,  nyuma yaho sinigeze nsinzira.  Nta numbwo nigeze nsonza. Yego nsanzwe nubundi ntayigira cyane ariko nonehoyagiye burundu. Nyuma yaho naje gutekereza ko ari imigisha y’imana.”

3. Ese aya mafaranga utomboye azayakoresha iki?

Alain Patrick: “ Mifte gahunda 2, iya mbere ni gusubira mwishuri.  Na cikirije amashuri mu mwaka wa kabiri kaminuza, kubera ko akazi narimfite kari kahagaze sinabasha kwishyura. Gahunda ya kabiri ni gusubukura ubucuruzi nakoraga muri 2012 bwo kugemura imburo n’imboha mu ma hotel nama restora.”

4. Poromosiyo wayimenye gute? Tigo umaze igihe kingana gute iyikoresha?

Alain Patrick: “ Promosiyo natagiye kuyitabira icyumweru gishize.  Tigo ariko yo natangiye kuyioresha igitangira mu rwanda. Hari umugenzi wanjye wati wabibwiye ko hari company izaza, ambwira ibyiza byayo byinshi. Tigo rero ndayikoresha cyane, nkoresha Tigo cash. Mukazi kanjjye nkora nifashisha internet cyane ya Tigo.”

5. Wakoresheje angahe se?

Alain Patrick: “ Hari umuntu wanyohereje 2,000 Frw kuri Tigo Cash, nkoresha Frw 900. 

6. Ese uzakomeza witabire promosiyo?

Alain Patrick: “Cyane rwose. Ahubwo ubu nibwo bigiye gutangira

7. Ese ni iki wabwira abantu bakiri gushidikanya?

Alain Patrick: “ Nababwirako byoroshye cyane. Ikindi nuko uhabwa iminota yo guhamagara na SMS. Ariko usibye nibyo guhabwa amahirwe yo gurombora miliyoni eshanu zose ntako bingana.”

Gerageza amahirwe nawe

Waba ushaka gutsindira Miliyoni buri munsi cyangwa miliyoni 5 buri cyumweru ?

Urashaka gutsindira telefone ya smartphone igezweho se cyangwa guhamagara kubuntu tigo kuri tigo mu gihe kingana n’ukwezi kwose ?

Ntucikwe kuko Tigo Bonane yaje kugufasha kujya mu bandi bamiliyoneri.

Hamagara ku 155 cg wohereze  SMS irimo ijambo Bonane ku 155 ku Frw 100 gusa uhabwe iminota 2 yo guhamagara na sms 3 winjire no mu banyamahirwe utsindira ibihembo byinshi birimo MILIYONI buri munsi na MILIYONI 5 buri ku cyumweru.

Niba utaragura simukadi ya Tigo, gira vuba aya mahirwe atagucika.

Iyo uhamagaye nta kindi usabwa usibye kumva ibisobanuro bya promosiyo.

Nomero ihamagara abatsinze ni 0722123123.

Tigo ikoresha software/ mudasobwa mu guhitamo abatsinze muri iyi poromosiyo

Uwatsinze arahamagarwa, iyo atitabye nyuma yo kugeragezwa inshuro 3, software/ mudasobwa yifashiskwa mu guhitamo undi munyamahirwe kugeza igihe igihembo kiboneye nyiracyo.

Abantu bose bafite amahirwe yo kuba batsindira ibihembo ari abakinnye kenshi ndetse n’abakinnye rimwe. Gusa ukinnye kenshi  aba yongera amahirwe ye yo gutsinda kuko nimero ye igaragara mu rutonde rw’abo mudasobwa ihitamo inshuro zingana n’umubare yitabiriye poromosiyo ku munsi (ibihembo by’umunsi)/ mu cyumweru( igihembo cy’icyumweru).

Tigo 13

Chisulo Faith umwe mu bayobozi ba Tigo Rwanda hamwe n'umunyamahirwe wa 13






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • THEO8 years ago
    BARATUBESHYA IBIHUMBI 20000 BAMAZE KUYAJYANA!!!!!!!
  • celine8 years ago
    baratubeshya kbs kuko njyewe ibihumbi15000 birashize!





Inyarwanda BACKGROUND