Kaymu Rwanda imaze kumenyerwa mu bucuruzi bukorerwa kuri interineti,yatangije Poromosiyo mu rwego rwo kwitegura igisibo cy’ukwezi kwa Ramadhan kwizihizwa n’Abayisilamu.
Kaymu Rwanda yatumye ubucuruzi bukorewe kuri interineti kugeza ubu bumaze kugera ku rwego rushimishije mu mikorere,aho umuntu akora atumiza icyo yifuza kikamusanganizwa aho ari hose mu gihugu kandi ku biciro biciriritse ugerereje n’ibiciro byo ku isoko.
Kuri ubu Kaymu yatangije Poromosiyo kuri uyu wa 23 Gicurasi 2016,aho bagabanije ibiciro kuburyo bufatika kugira ngo imyiteguro y’igisibo gitagatifu ibashe kugenda neza. Mu byo bagabanirije ibiciro hakaba higanjemo ibikoresho byo murugo, imyambaro,telefoni n’ibindi…
Wifuza guhaha rero warebera hano
Uramutse wifuza ubusobanuro k’uburyo bwo guhaha ushobora guhamagara numero y’ubufasha +250784365917, +250784365917/+250725219626, +250725219626
Kaymu ni urubuga ruhuza abaguzi n’abacuruzi mu Rwanda. Iyo uguriye kuri Kaymu.rw uba uguriye umucuruzi runaka mu Rwanda, ukaba ushobora gusanga ibicuruzwa bitandukanye kuva kubikenerwa mu rugo kugeza ku bikenerwa mu bucuruzi butandukanye. Kaymu ikaba ifite uburyo bwo kwishyura butandukanye aho ushobora kwishyura ari uko ibyo waguze bikugezeho cyangwa se ugakoresha Tigo cash cyangwa MTN mobile money.
Bimwe mu bicuruzwa wahahira ku rubuga rwa Kaymu
TANGA IGITECYEREZO