RFL
Kigali

Byinshi ku kabari gashya kandi kagezweho‘Life Lounge’ katangijwe mu mujyi wa Kigali-Amafoto

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:10/05/2016 18:11
0


Mu mujyi wa Kigali ahateganye n’ahahoze Eto Muhima, hatangijwe akabari gashya kandi kagezweho kitwa‘Life Lounge’. Aka kabari kazanye serivisi nyinshi zizashimisha abazakagana.



Guhera kuri uyu wa kane tariki 12 Gicurasi 2016, mu kabari ‘Life Lounge’hazajya haba hari ibirori bitandukanye, Karaoke, Live music, ibitaramo by'abahanzi n'ibindi byinshi. Guhera kuwa mbere w’icyumweru gitaha bazaba bafite na Buffet.

Gahunda y'icyumweru mu kabari ‘Life Lounge’: Kuva kuwa mbere kugeza ku cyumweru bakora amasaha 24. By’umwihariko kuwa kabiri(Tuesday) buba bafite Karaoke, naho kuwa gatatu(Wednesday) bakagira Salsa, kuwa kane (Thursday) bakagira Karaoke naho kuwa gatanu no kuwa gatandatu (Friday and Saturday) bakagira Live band nziza cyane hamwe n'abahanzi batandukanye.

Ku bindi bisobanuro bahamagare kuri izi nimero: 0788306961

Reba amafoto y'ako kabari"Life Lounge"

Life LoungeLife LoungeLife LoungeLife LoungeLife Lounge

Amafoto- Jean Luc Habimana






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND