Isosiyeti y’itumanaho mu Rwanda Airtel yahaye abafatabuguzi bayo amahirwe yo kuvugana n’inshutio n’abavandimwe ku giciro gito cyane ibinyujije mu ipaki yo guhamagara yise “Wiceceka” aho uhamagara amasaha 24 yose ku mafaranga 199 gusa.
Umuyobozi wa Airtel, Teddy Bhullar asobanura iby’iyi paki yagize ati “ Korohereza abakiriya isoko ryo guhamagara kandi tugakurikirana ko bikorwa mu buryo bukwiriye ni urufunguzo rw’imiryango ibinjiza ku murongo wacu.Ipaki ya interineti “Wiceceka” ni bumwe muri ubwo buryo buzafasha kujya bavugana n’inshuti n’abavandimwe ndetse n’aboi bakorana mu bucuruzi.”
Wiceceka yatangiye gukora ku bantu bose bakoresha itumanaho rya Airtel Rwanda, kuyibona ni ugukanda *456*4# hanyuma ugahita ubona iminota 1440 imara amasaha 24 yose.
Denise IRANZI
TANGA IGITECYEREZO