RFL
Kigali

AFRIFAME Pictures ikomeje guha ikaze abageni bafite ubukwe muri uyu mwaka wa 2017

Yanditswe na: Seleman Nizeyimana
Taliki:19/04/2017 14:07
0


Nyuma y’uko umwaka wa 2016 usize kompanyi ya Afrifame Pictures ibaye ubukombe mu bijyanye no gufata amafoto n’amashusho agezweho, ndetse bagatangirana umwaka wa 2017 imihigo yo gutanga serivise yisumbuyeho, aho bazanye ibikoresho bishya kandi bigendanye n’igihe, kuri ubu bakomeje kwakira abateganya ubukwe muri uyu mwaka.



Ubukwe niwo munsi mukuru ukomeye cyane umuntu agira mu buzima bwe. Urwibutso rwawo ntirusigara mu mutima no mu ntekerezo gusa, ahubwo n’amafoto meza ndetse n’amashusho abereye ijisho atuma ba nyiri kubukora , inshuti n’abavandimwe bahora bibuka uko uwo munsi w’akataraboneka wagenze.

Amafoto cyangwa amashusho atagaragara neza atera ipfunwe kuyereka inshuti n’abavandimwe. Ni muri urwo rwego Afrifame Pictures yiyemeje akazi ko gufatira abakiriya bayo amafoto asa neza kandi agendanye n’igihe ndetse n’amashusho meza afatishijwe  ibyuma (camera) bigezweho. Mu gufata amashusho y’ubukwe, Afrifame ifasha ababukoze ndetse n’ababubatahiye  mu guhanga udushya mu kwifotoza kuburyo amafoto yabo azaza ari umwimerere n’uyarebye akabona itandukaniro nayifotozwaga mu bihe byahise.

Afrifame Pictures yagabanyirije 30% abafite ubukwe,..'Save the date' ni ubuntu

Nkuko ubuyobozi bwa Afrifame pictures bubitangaza nyuma yaho baheruka kumurika ibikoresho byayo bishya birimo ‘Drone Phantom 4’, kimwe mu  bindi bikoresho byinshi bishya Afrifame Pictures yongereye mu byo yari isanganywe mu rwego rwo gukomeza gutanga serivisi nziza ku bayigana, ngo ubu bishimiye kumenyesha abageni n’abandi bateganya ibirori muri uyu mwaka ko kuva muri uku kwezi kwa Mata kugeza mu Ukuboza 2017 batangiye kwakira abifuza gukora ubukwe ‘booking’.

Afrifame Pictures yongereye ‘Drone Phantom 4’ mu bikoresho izifashisha muri 2017Drone Phantom 4’ yiyongereye mu bikoresho Afrifame Pictures irimo gukoresha muri uyu mwaka wa 2017

Uramutse ufite ibirori ushaka ko Afrifame izagufatira amafoto n’amashusho, ukaba ushaka gufata umwanya mbere(booking) wohereza ubutumwa bwawe kuri e-mail ya Afrifame ariyo booking@afrifamepictures.com cyangwa ugahamagara kuri 0788304594.

Tubibutse ko uretse iyi serivise yo kubafatira amafoto n’amashusho mu bukwe, Afrifame Pictures isanzwe izobereye no mu zindi serivisi zinyuranye zijyana n’iminsi mikuru runaka yizihizwa mu mwaka  nk’umubatizo, inama , isabukuru y’amavuko, amafoto yihariye n’ibindi.

Afrifame 1

Uramutse ushaka kureba amafoto y’umwihariko yagiye afatwa na Afrifame Pictures wasura urubuga rwayo: Afrifamepictures.com

Wanabakurikirana kuri Instagram unyuze kuri Afrifamepictures no kuri page ya Facebook yitwa Afrifame Pictures






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND