Kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Kamena 2017 nibwo mu mujyi wa Kigali habereye igitaramo kimaze kumenyerwa nka Kigali Jazz Junction, iki gitaramo umuhanzi mukuru yari Kidum waririmbye abantu bose bakajya ibicu bagacinya akadiho.
Muri iki gitaramo cyari kitabiriwe na Kidum hagaragaye benshi mu bantu bazwi mu muziki wa hano mu Rwanda barimo; Mani Martin, Aimable Twahirwa, Uncle Austin ndetse n'abandi benshi, ni igitaramo kitabiriwe cyane dore ko imyanya yari yateganyijwe yari yakubise yuzuye abafana bose babereye imfura Kidum bagafatanya kubyinana umuziki we.
REBA AMAFOTO:
Nkibisanzwe muri ibi bitaramo bya Jazz Junction Neptunez Band niyo ibanza gususurutsa abafanaMani Martin aba yicaye mu bimbereUncle Austin akurikiranye igitaramo Kabendera Tidjala muri Jazz JunctionKidum akigera ku rubyiniro
Byari umuziki w'umwimerereAimable Twahirwa ni uku arebaga umuzikiTidjala Kabendera yirekuye arawucinyaKidum mu bicu nabafana beIbi nibyo bita umuziki w'injyana muntuAdrien Misigaro wari ukubutse muri Amerika nawe yigaragaje muri iki gitaramo yasuhujemo abafanaKidum yashimiye abakunzi be asoza igitaramo atyo
AMAFOTO: Abayo Sabin -Afrifame pictures
TANGA IGITECYEREZO