RURA
Kigali

Ngenzi wateye iby'Isi umugongo yamaze kubatizwa

Yanditswe na: Muramira Racheal
Taliki:24/12/2023 17:17
0


Daniel Gaga [Ngenzi] uherutse kwiyegurira Imana yamaze kubatizwa nk'ikimenyetso cy'umukiristo wateye iby'Isi umugongo atangira inzira yo kwezwa.



Ngenzi benshi batinye binyuze muri filime nyarwanda aherutse gutangaza ko , nyuma yo gusobanukirwa imbaraga z'Imana no kumenya umugambi wayo ku bantu yaremye, yafashe umwanzuro wo kwakira agakiza no kuyikorera 

Ngenzi wakiriye agakiza yabatijwe mu mazi menshi 

Mu kiganiro na InyaRwanda, Ngenzi yatangaje ko yamaze kubatizwa no kuba umwe mu bizera. Yatangaje ko yabatirijwe muri Nobel Church Kimihurura.

Ati" Namaze kubatizwa muri Nobel Church Kimihurura kwa Mignone".

Ngenzi yamaze kuba umwe mu bakorera Imana







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo


KOPA

Inyarwanda BACKGROUND