Ashingiye ku biteganywa n'ltegeko Nshinga rya Repubulika y'u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe muri 2015, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 116, ejo ku itariki ya 26 Gashyantare 2020, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yashyizeho abayobozi.
Abayobozi bashya bongewe muri guverinoma mu buryo bukurikira:
Dr Ngamije Daniel, Minisitiri w’Ubuzima
Dr Uwamariya Valentine, Minisitiri w’Uburezi
Dr Bayisenge Jeannette, Minisitiri w’Uburinganire
n’Iterambere ry’Umuryango
Madamu Mpambara Ines, Minisitiri ushinzwe imirimo
y’Inama y’Abaminisitiri,
Madamu Kayisire Marie Solange, Minisitiri ushinzwe
ibikorwa by’ubutabazi.
Lt Col Dr Mpunga Tharcisse, Umunyamabanga wa
Leta muri Minisiteri y'Ubuzima ushinzwe
ubuvuzi bw'Ibanze,
Bwana Twagirayezu Gaspard, Umunyamabanga wa Leta
muri Ministeri y'Uburezi ushinzwe amashuri abanza n'ayisumbuye.
Madamu IRERE Claudette, Umunyamabanga wa Leta muri
Minisiteri y'Uburezi ushinzwe ikoranabuhanga, imyuga n'ubumenyingiro
Madamu Nyirahabimana Solina, Umunyamabanga wa Leta
muri MINIJUST ushinzwe ibyerekeye itegeko nshinga n'andi mategeko.
Bwana Tushabe Richard, Umunyamabanga wa Leta muri
Minisitiri y'Imari n'Igenamigambi ushinzwe imari ya Leta.
Abandi bayobozi
Bwana Rugira Amandin, Ambasaderi uhagarariye u
Rwanda muri Zambia,
Bwana Dr Sebashongore Dieudonne, Ambasaderi uhagarariye
u Rwanda mu Bubiligi
Bwana Rugemanshuro Regis, Umuyobozi Mukuru w'Ikigo
cy'Ubwiteganyirize mu Rwanda
TANGA IGITECYEREZO