RFL
Kigali

Nyuma yo kurwara akaremba kwa muganga bamukuyemo inzoka zitagira uko zingana

Yanditswe na: Liliane Kaliza
Taliki:11/12/2020 21:45
1


Umusore w'imyaka 20 yafashwe n’ububabare bukabije bwo mu nda aza kujyanwa kwa muganga bamusangamo inzoka ziteye ubwoba.



Uyu mwana w’umusore akimara gupimwa, mu gifu cye basanzemo ikiguri cy’inzoka nyinshi zo mu nda ari nazo zamuteraga ububabare bukabije.

Uyu mwana rero baje kumuha imiti ibasha gusohora izo nzoka zuzuye mu nda ye maze acisha hasi no hejuru inzoka zinyanyagira aho hasi.


Nyuma yo gupima uyu murwayi baje gusanga izo nzoka ziri mu bwoko bwa ascaris inzoka umuntu yandura bitewe n’isuku nke aho ashobora gufata amafunguro adafite isuku.

Src: Doctrissimo.fr






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Mfatanijenimana Anacreth3 years ago
    Ntamunyarwanda wakabaye akirwara indwara ziterwa nisuku nke ,birababaje cyane .





Inyarwanda BACKGROUND