RFL
Kigali

Tujyane guhaha muri 209 kwa Rubangura, iduka ricuruza imyenda , inkweto n’amasakoshi y’abagore bigezweho

Yanditswe na: Christophe Renzaho
Taliki:3/10/2016 14:10
2


Uwambaye neza agaragara neza. Ni muri urwo rwego iduka ricuruza imyenda riherereye mu nyubako yo kwa Rubangura rikomeje kuzanira abakiriya baryo imyenda myiza ,igezweho kandi ku giciro kigendanye n’umufuka wa buri mukiriya.



Ntawe udakunda ibyiza kandi ku giciro gito. Abagore n’abakobwa bakunda gukenera aho bagurira imyenda igezweho , inkweto n’amasakoshi meza kandi badahenzwe. Mu nyubako yo kwa Rubangura, mu muryango wa 209 ni rimwe mu maduka acuruza imyenda igezweho y’abagore ndetse n’amasakoshi ku giciro buri wese yibonamo. Uretse serivisi nziza zihatangirwa, buri mukiriya ubagana, yakiranwa urugwiro, bakamufasha kumuhitiramo ibigendanye n’ibyo yifuza kandi bakabimuhera ku giciro kigendanye n’uko yifite.

Ukeneye ibindi bisobanuro kuri serivisi zihatangirwa, wabahamagara kuri 0785119343

Aya ni amafoto agaragaza imwe mu myenda igezweho ,amakanzu y’abakobwa  n’abagore, inkweto,…

Kwa Rubangura

Umuryango wa 209

Babarizwa mu muryango wa 209, kwa Rubangura

Inkweto

Inkweto z'ubwoko bwose urazihasanga

Inkweto

Inkweto

Imyenda

Imyenda

Imyenda igezweho nayo urayihasanga

Sac a main

Sac a main

Sac a main

Sac a main

Amasakoshi

Amasakoshi

 Amasakoshi

Sac a main wajyana mu birori ntuzigutere ipfunwe niho zibarizwa

Inkweto

Inkweto

Inkweto

 Inkweto

Inkweto

Inkweto

Isakoshi n'inkweto

Isakoshi n'inkweto

Isakoshi n'inkweto

Isakoshi n'inkweto

Unahasanga amasakoshi n'inkweto bijyanye

Uwambaye neza

Uwambaye neza

Uwambaye neza

Uwambaye neza ,agaragara neza. Niba ushaka ibigezweho kandi bidahenze, gana kwa Rubangura muri 209, wihahire

 






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Jimmy7 years ago
    Nibyiza pe! you look beautiful
  • Rugira7 years ago
    Uyuu mukobwa agura angahe?





Inyarwanda BACKGROUND