RFL
Kigali

Top Shop icuruza imyenda , inkweto n’amasakoshi y’abagore bigezweho yazaniye abakiriya ibishya

Yanditswe na: Christophe Renzaho
Taliki:15/12/2016 18:35
0


Uwambaye neza agaragara neza. Ni muri urwo rwego iduka 'Top shop' ricuruza imyenda riherereye mu nyubako yo kwa Rubangura rikomeje kuzanira abakiriya baryo imyenda myiza ,igezweho kandi ku giciro kigendanye n’umufuka wa buri mukiriya. Kuri ubu bakaba bamaze no kuzana iyo abayigana bazakwambara ku minsi mikuru yigereje.



Ntawe udakunda ibyiza kandi ku giciro gito. Abagore n’abakobwa bakunda gukenera aho bagurira imyenda igezweho , inkweto n’amasakoshi meza kandi badahenzwe. Mu nyubako yo kwa Rubangura, mu muryango wa 209 niho hari iri duka ricuruza ibigendanye n'igihe  ku giciro buri wese yibonamo. Uretse serivisi nziza zihatangirwa, buri mukiriya ubagana, yakiranwa urugwiro, bakamufasha kumuhitiramo ibigendanye n’ibyo yifuza kandi bakabimuhera ku giciro kigendanye n’uko yifite. Si abagore gusa kuko n'inkweto z'abagabo uzihasanga.

Ukeneye ibindi bisobanuro kuri serivisi zihatangirwa, wabahamagara kuri 0785119343

Aya ni amafoto agaragaza imwe mu myenda igezweho bazanye ,amakanzu y’abakobwa  n’abagore, inkweto,…

Umuryango wa 209

Top shop

Ni ku muryango wa 209 mu ntubako yo kwa Rubangura

Imyenda

Top shop

Imyenda

Inkweto z'abagore

Inkweto z'abagore

Inkweto z'abagore

Inkweto z'abagore

Ku nkweto z'abagore urahagera ukabura amahitamo kuko zose ni nziza

Inkweto z'abagore

Inkweto z'abagore

Inkweto z'abagore

Inkweto z'abagore

Sac a main

Sac a main

Inkweto

Inkweto

Bafite amoko atandukanye y'inkweto

Top shop

Byose ubisanga muri Top shop






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND