INYANDIKO Y'UMWANDITSI IHAMAGARA UMUBURANYI UDAFITE AHO ABARIZWA HAZWI
Amatangazo - Aug 01, 2025 1:49 PM
Bisabwe na Mutsinzi Eric utuye Rwanda, Kigali City, Gasabo, Bumbogo, Ngara, Birembo, E-mail mutsinzeric@gmail.com:
Twebwe NYIRATUNGA Epiphanie umwanditsi w'Urukiko rw'ibanze rwa GASABO
Nshingiye
ku ngingo ya 39, 45 na 46 z'itegeko no 22/2018 of 29/04/2018 ryerekeye
imiburanishirije y'imanza z' imbonezamubano, iz'ubucuruzi, iz'umurimo n'iz' ubutegetsi;
Menyesheje
UWABABYEYI Odile mwene- na - wari
utuyeRwanda, Kigali City, Gasabo,
Bumbogo, Ngara, Birembo ,ubu akaba abarizwa ahatazwi, ko agomba kwitaba Urukiko
rw ibanze rwaGASABO kuwa 30/09/2025
14:00 aho ruburanishiriza imanza z'imbonezamubano, iz'ubucuruzi, iz'umurimo n'iz'
ubutegetsi, kugirango yiregure ku kirego yarezwe gifite no RC 00234/2025/TB/GSBO
cyatanzwe na Mutsinzi Eric
Ikiburanwa:
Gusaba urukiko gutegeka ko habaho iyubahirizwa ry’amasezerano y’ ubugure bw’
ubutaka buri mu kibanza gifite UPI: 1/02/10/04/333 maze bukandikwa kuri
Mutsinzi Eric wabuguze.
« kuberako uhamagawe mu rukiko adafite aho atuye cyangwa aho aba hazwi haba mu Rwanda cyangwa mu mahanga, manitse kopi y'iri hamagara ahantu hagaragara hagenwe n'Urukiko Rukuru Urugereko rwa TB GASABO no ku miryango y'Inkiko Zisumbuye mu gihe cy ameziabiri ».