INYANDIKO Y'UMWANDITSI IHAMAGARA UMUBURANYI UDAFITE AHO ABARIZWA HAZWI

Amatangazo - Aug 01, 2025 1:49 PM
Share:

Bisabwe na Mutsinzi Eric utuye Rwanda, Kigali City, Gasabo, Bumbogo, Ngara, Birembo, E-mail mutsinzeric@gmail.com:

Twebwe NYIRATUNGA Epiphanie umwanditsi w'Urukiko rw'ibanze rwa GASABO

Nshingiye ku ngingo ya 39, 45 na 46 z'itegeko no 22/2018 of 29/04/2018 ryerekeye imiburanishirije y'imanza z' imbonezamubano, iz'ubucuruzi, iz'umurimo n'iz' ubutegetsi;

Menyesheje UWABABYEYI Odile mwene- na - wari utuyeRwanda, Kigali City, Gasabo, Bumbogo, Ngara, Birembo ,ubu akaba abarizwa ahatazwi, ko agomba kwitaba Urukiko rw ibanze rwaGASABO kuwa 30/09/2025 14:00 aho ruburanishiriza imanza z'imbonezamubano, iz'ubucuruzi, iz'umurimo n'iz' ubutegetsi, kugirango  yiregure  ku  kirego  yarezwe  gifite  no  RC 00234/2025/TB/GSBO cyatanzwe na Mutsinzi Eric.

Ikiburanwa: Gusaba urukiko gutegeka ko habaho iyubahirizwa ry’amasezerano y’ ubugure bw’ ubutaka buri mu kibanza gifite UPI: 1/02/10/04/333 maze bukandikwa kuri Mutsinzi Eric wabuguze.

« kuberako uhamagawe mu rukiko adafite aho atuye cyangwa aho aba hazwi haba mu Rwanda cyangwa mu mahanga, manitse kopi y'iri hamagara ahantu hagaragara hagenwe n'Urukiko Rukuru Urugereko rwa TB GASABO no ku miryango y'Inkiko Zisumbuye   mu     gihe   cy          ameziabiri  ».