Ikinyamakuru Daily Mail cyasuye icyaro cyitwa Morobe mu gihugu cya Papua New Guinea aho bafite uburyo bwihariye bwo gushyingura no guha icyubahiro ababo bapfuye dore ko n’ubwo baba barapfuye bivugwa ko hari akandi kamaro baba bafite nko kurinda abanzi,ndetse n’indi migenzo babakoreraho.
Babashyira mu tuzu tw'ibiti bakabatera amafu atukura
Bavuga ko nta mwanzi wabatera kuko babarinda
Babashyira ahitegeye
Uku niko bashyingura
Abapfuye nibo babarinda
Barabaramya bakabasaba kubarinda abanzi
Papua New Guinea ni igihugu kigizwe n'ibirwa biri mu nyanja ya Oceaniya kikaba kizwiho kugira umuco utangaje ugereranyije n'ibindi bihugu.
Robert N Musafiri