Uburyo mu gihugu cya Papua New Guinea baha icyubahiro ababo bapfuye buratangaje-Amafoto

Utuntu nutundi - 11/07/2014 3:15 PM
Share:

Umwanditsi:

Uburyo mu gihugu cya Papua New Guinea baha icyubahiro ababo bapfuye buratangaje-Amafoto

Mu gihugu cya Papua New Guinea haravugwa uburyo butangaje bamwe mu baturage babo baha icyubahiro ndetse bakashyingura ababo bapfuye.

Ikinyamakuru Daily Mail cyasuye icyaro cyitwa Morobe mu gihugu cya Papua New Guinea aho bafite uburyo bwihariye bwo gushyingura no guha icyubahiro ababo bapfuye dore ko n’ubwo baba barapfuye bivugwa ko hari akandi kamaro baba bafite nko kurinda abanzi,ndetse n’indi migenzo babakoreraho.

xx

Babashyira mu tuzu tw'ibiti bakabatera amafu atukura

aa

Bavuga ko nta mwanzi wabatera kuko babarinda

xx

Babashyira ahitegeye

dd

Uku niko bashyingura

ss

Abapfuye nibo babarinda

ff

Barabaramya bakabasaba kubarinda abanzi

Papua New Guinea ni igihugu kigizwe n'ibirwa biri mu nyanja ya Oceaniya kikaba kizwiho kugira umuco utangaje ugereranyije n'ibindi bihugu.

Robert N Musafiri


Ibitekerezo (0)

    Inkuru nyamukuru

    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...

    Inkuru bijyanye

    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...