Ubwo yasangizaga abamukurikira iyo
foto igaragaza ikibuno cye nta n’akenda k’imbere yambaye, yafunguriye gusa Harmonize
kugira ngo abe ariwe wenyinye uyitangaho igitekerezo cyane ko ibyo yanakoze
yabigezeho.
Ni ifoto kandi Yolo The Queen
yaherekeresheje amagambo agira ati: “Nagakoze ibintu biteye isoni, nkanatwita
muri uyu mwaka ariko sindabimenya."
Ni ubutumwa Harmonize yasamiye hejuru
ariko atishimye kuko yahise amubaza uwo babyarana, ubona ko ashaka kubimenya
ndetse ko yababara abaye atariwe. (…Yakoresheje imvugo nyandagazi niyo mpamvu
tutazikoresheje).
Yolo The Queen akimara gufungurira
ubutumwa harmonize wenyine hongeye kwibukwa ubwo aheruka mu Rwanda, aho binavugwa
ko bahuriye mu cyumba cyo muri hotel imwe uyu muhanzi yararagamo mu mujyi wa
Kigali.
Ifoto Yolo The Queen amaze gushyira
hanze imaze gukundwa n’abarenga ibihumbi 6, mu gihe hariho ubutumwa bwa
Harmonize gusa ari nawe wemerewe gushyiraho ubutumwa wenyine, cyane ko ariwe
yabufunguriye.
Ku bakunda kwibaza kuri Yolo The Queen
cyane bihamanywa neza n’amaso ya bamwe ataramubona, bavuga ko ntawe uramuca
iryera ndetse rimwe na rimwe hari abakunda kuvuga ko atabaho, cyane ko bamubona
ku mafoto gusa.
Ifoto Yolo The Queen yasohoye ikibuno yagishize hanze
Yolo The Queen ni umukobwa w’imiterere itangaje, ndetse imiterere ye ikaba ikunze gukurura ab’igitsinagabo mu bihe bitandukanye.
Uyu mukobwa n’ubwo amaze kwamamara mu myidagaduro ntabwo icyo akora kizwi, aho aba ntihazwi, ndetse ntawe uramubona
kereka inshuti ze.
N’ubwo ntawe uzi icyo akora gusa ntasiba kwambara imyenda y’agaciro, gusohokera mu mijyi ihenze nka Dubai ndetse akagaragara ari kwinywera inzoga zihenze yanasohokeye ahahenze.
Harmonize niwe wenyine wemerewe kuyitangaho igitekerezo
Yolo The Queen akunda kurangaza abatari bake
Imiterere ye ikunda gushimwa n'ab'igitsina gabo
Benshi bavuga ko batazi aho aba bataramubona na rimwe
Imiterere ye niyo ituma bamushidukira
Ibintu nk’ibi nibyo aba yambaye gusa