Iyi nkuru y’akababaro yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 25 Kanama 2025. Kassim Yousuf yitabye Imana azize uburwayi yari amaranye igihe.
Yamenyekanye cyane mu 1998 ubwo yari asimbuye Agnès Murebwayire mu kiganiro Samedi Détente cyo kuri Radio Rwanda. Nyuma yo kukivamo yakomereje mu ishami ry’amakuru y’igifaransa ari na ho yabarizwaga kugeza ubu.
Umunyamakuru Kassim Yousuf yitabye Imana