Igitangaje muri byose, ni uko uyu munyamahirwe yari yizeye intsinzi, aho yategesheje 16,460 FRW ubundi ategereza amasaha makeya.
Kuba ikipe imwe yakwinjiza nibura igitego, over za 1.5, hamwe n’ikipe ya Manchester City yashyiriyeho gutsinda, nibyo yari akeneye ku itike ye kugira ngo atsindire aya mafaranga.
Itike ye yari igizwe n’imikino myinshi ifite ibikubo bitoya, aho umukino wa Manchester City gutsinda Brentford ariwo wari ufite igikubo kinini cya 1.64. Iyi ntsinzi yari ku itike ifite nimero 3526600122889999.
Nk’ibisanzwe, amafaranga ye yose yarayahawe itike ye ikimara gutsinda.


Yategesheje 16,460 Frw atsindira arenga Miliyoni 4 Frw
