Abagabo cyangwa abasore bamaze kwangirika mu buryo
bwo Kwikinisha bahura n’ikibazo cy'ubugumba
no kutanyurwa n’abo bashakanye, ibi bisaba kubyivuza. Umugabo yagaragaye kuri
Camera za Supermarket yegereye umugore
atangira kwikinisha.

Amashusho yakwirakwiriye ku mbuga nkoranyambaga
harimo n’iyatambutse kuri Ingodatv, aho umugabo utatangajwe amazina ye yagumye
inyuma y’umugore aramwegera cyane, acisha ukuboko mu ipantaro atangira
kwikinisha, camera zamwerekanye mu gihe uwo mugore we yari guhaha nk’icyari
cyamwinjije mu isoko.
Amakuru avuga ko ibi byabereye muri Zambia. Icyatunguranye kandi ni uburyo uyu mugabo
wikinishirije kuri uyu mugore hafi iminota ibiri, ari umuntu ukuze. Uyu mugore we ntiyegeze amenya
ibyabaye kuko yakomeje guhaha nk’ibisanzwe ntiyanitaye ku mugabo umuri inyuma igihe
kinini.
Uyu mugabo yamaze hafi iminota 2 yikinisha yitegereza umugore yari yakunze
Src: News365
