UBUHAMYA: Yababajwe n'umugabo we bikomeye kugeza batandukanye

Utuntu nutundi - 25/03/2019 2:17 PM
Share:
UBUHAMYA: Yababajwe n'umugabo we bikomeye kugeza batandukanye

Uwiragiye Pelagie ni umubyeyi ukorera mu mujyi wa Kigali akaba afite n’abana yitaho. Uyu mubyeyi ariko ntiyabashije kugira amahirwe yo kubaka ngo rukomere, cyane ko ngo umugabo bari barashakanye yamunanizaga kugeza ubwo urugo rwabo rusenyutse.

Uyu mubyeyi Uwiragiye Pelagie yaganiriye na INYARWANDA ubwo twamusangaga mu kazi ke ka buri munsi ko gucuruza itumanaho rya MTN. Yadusangije ubuhamya bw’urushako rugoye yahuye narwo ku buryo na n’ubu abitekereza agahita asuka amarira.

Pelagie yabwiye INYARWANDA ko umugabo bari barashakanye yari umunywi w’inzoga ukabije, gusa ngo urugo rwabo rwasenyutse burundu ubwo yamusigaga mu nzu y’ubukode hashize iminsi 20 gusa bapfushije umwana, hanyuma akamara amezi 7 atarongera kugaruka.

Kanda hano urebe ikiganiro twagiranye na Uwiragiye Pelagie:




Ibitekerezo (0)

    Inkuru nyamukuru

    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...

    Inkuru bijyanye

    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...