Thuli yabonye izuba kuwa 22 Mutarama 1994, yaje kwinjira mu bijyanye no gukina filime muri filime y’uruhererekane akinamo yitwa Zama yanyuraga kuri televiziyo y’igihugu cya Africa Yepfo yitwa Tshisa. Thuli uretse gukina filime ni umunyamideli ukomeye umenyerewe mu guhinduranya imyambaro buri mwanya uko asohotse mu nzu.
Numwe kandi mu bantu b’imbere ku isi bizerwaho kugira imboni nziza mu myambarire wanagisha inama ushaka kwambara neza. Nyuma yo kuba umukinnyi wa ukina no kuba ari umwe mu banyamideli bakomeje guca ibintu ni umuvanzi w’umuziki uryohereza benshi (Dj).








