Thuli ari guca ibintu mu banyamideli muri Africa-AMAFOTO

Imyidagaduro - 15/01/2022 12:23 PM
Share:
Thuli ari guca ibintu mu banyamideli muri Africa-AMAFOTO

Umunyamideli, Dj akaba n’umukinnyikazi wa filime, Thulisie Phongolo, wammaye nka Thuli akomeje guhindura uruganda rw’imyidagaduro muri Africa y'Epfo kubera amafoto ye ahungabanya imbuga nkoranyambaga bijyanirana n’imyambaro aba ahindura buri mwanya.

Thuli yabonye izuba kuwa 22 Mutarama 1994, yaje kwinjira mu bijyanye no gukina filime muri filime y’uruhererekane akinamo yitwa Zama yanyuraga kuri televiziyo y’igihugu cya Africa Yepfo yitwa Tshisa. Thuli uretse gukina filime ni umunyamideli ukomeye umenyerewe mu guhinduranya imyambaro buri mwanya uko asohotse mu nzu.

Numwe kandi mu bantu b’imbere ku isi bizerwaho kugira imboni nziza mu myambarire wanagisha inama ushaka kwambara neza. Nyuma yo kuba umukinnyi wa ukina no kuba ari umwe mu banyamideli bakomeje guca ibintu ni umuvanzi w’umuziki uryohereza benshi (Dj).











Ibitekerezo (0)

    Inkuru nyamukuru

    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...

    Inkuru bijyanye

    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...