Muhamagare maze umusezere gutya:
1.“Nk’uko ubuzima butagira amahitamo
Umusiizi w’amarangi utagira uburoso,
Ururabo rudahumura,
Umuvugo utagira amagambo,
Umuziki utagira injyana,
Niko nanjye niyumva iyo udahari.
Ndagukumbuye cyane kandi cyane.
Ijoro ryiza , Rukundo rwanjye ".
2: Dushobora guhura iteka ryose,
Dushobora kuganira ijoro ryose,
Ariko icyo nifuza ko umenya n’uko
Nifuza kuguhobera, nkatuma umenya ko,
Usobanuye byose kuri njye.
Nshobora kugushyira kuri twitter yanjye ,
Nkagushyira kuri facebook na Instagram yanjye,
Ariko ikintu nifuza kurusha byose n’uko nagusoma
ubudatuza.
Dushobora kujya tuvugana kuri Watsapp ariko ikintu
nifuza kurenza ibindi,
N’uko nakubona iruhande rwanjye iteka ryose,
Tukamarana ijoro ryose,
Nkajya nkubwira ngo ijoro ryiza mwamikazi,…..
Ngaho Rukundo rara neza.
3. Uku njye naryamye mu gitanda cyane,
Nta nakimwe nakwifasha, uretse kugutekereza gusa,
Nkatekereza inseko yawe imurikira ,
Kukwita Rukundo rw’ubuzima bwanjye, bimpa umutuzo.
Sinagusezeranya isi, ariko nzakuba iruhande,
Iminsi y’ubuzima bwanjye.
Ijoro ryiza Rukundo ".
Inkomoko: Thetalk
