Rihanna ku rutonde rw'abari bambaye nabi mu birori bya Billboard Music Awards 2016

Imyidagaduro - 24/05/2016 4:30 PM
Share:
Rihanna ku rutonde rw'abari bambaye nabi mu birori bya Billboard Music Awards 2016

Billboard music awards ni ibirori ngarukamwaka bitangirwamo ibihembo ku banyamuziki mu byiciro bitandukanye, usanga biba byahuje ibyamamare by’ingeri zose ndetse abantu baba babukereye mu myambarire igezweho.

Reba urutonde rw’ibyamamare byatangariwe kubera kwambara nabi mu birori by’uyu mwaka bya 'Billboard Music Awards 2016'. Nyuma y'aho ibyamamare byose byagiye bitambuka kuri Red Carpet, nyuma y'ibyo birori ibinyamakuru bitandukanye byatangaje abantu bari bambaye nabi ari nabo tugiye kubagezaho.

Rihanna

Rihanna

Inkweto Rihanna yazanye muri BMA zaratunguranye cyane ndetse abenshi barazinenga ko ari mbi, si ibyo gusa kuko n'umwenda yari yambaye utavuzweho rumwe

David Guetta

David Guetta

David Guetta nawe ari mu bashyizwe mu majwi avugwaho ko imyambarire ye itajyanye no kunyura ku itapi itukura

Wiz Khalifa

Wiz Khalifa

Ikote rya Wiz Khalifa rifite imiterere yihariye naryo ryamushyize ku rutonde rw'abambaye nabi muri BMA.

Abandi bavuzweho kwambara nabi ni:

Kesha

Kesha

Nick Jonas

Nick Jonas

Tove Lo

Tove Lo

Z Lala

Z Lala

Ashton Kutcher

AshtonKrutcher

The Go-Gos

The Go-Gos

Halsey

Hasley

 


Ibitekerezo (0)

    Inkuru nyamukuru

    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...

    Inkuru bijyanye

    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...