Mu kiganiro na INYARWANDA, Kamatari Thierry (Racine) umwe
mu baraperi bakunzwe cyane mu rusisiro, yemeje ko umuhanzi ari we pfundo ry’ubusobanuro
bw’ibyo aba yaririmbye. Yavuze ko umuntu ashobora gusobanura indirimbo y’umuntu uko itari
kandi nyamara yakabanje akumva icyo nyirayo yashakaga kuvuga.

Racine ntiyiyumva neza ubusobanuro abantu batanga mu
gitero cye. Akaba asaba kumva neza ibyo yavugaga, gusa mu busobanuro yatanze
bamwe banyuzwe, abandi basigara bavuga ko
bakemanga ubusobanuro bwa Racine mu kiganiro na INYARWANDA.
KANDA HANO WUMVE UBUSOBANURO BW'IBISHEGU YARIRIMBYE