Nyuma y’uko igitaramo kirangiye, abashinzwe kubarura amajwi batanze amazina y’abagombaga gukomeza, maze Lion Manzi wari n’umwe mu bakemurampaka aba ariwe utangaza abo bazakomezanya urugendo mu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star muri uyu mwaka wa 2015.
Uko byari byifashe mu mafoto ubwo hatangazwaga 10 bakomeje

MC Tino abaza abashinzwe kubara amajwi niba koko byanyuze mu mucyo


Ubwoba bwari bwose ku bahanzi bategereje kumva abagize amahirwe yo gukomeza n'abasigaye

Nubwo ari bo bagiye mu irushanwa bwanyuma, itsinda rya TNP niryo ryahamagawe ku mwanya wa mbere mu bahanzi 10 bakomeje

Twagezemo

Paccy(TNP) wambaye ingofero ntiyiyumvishaga ko koko bakomeje

Sentore ibyishimo byari byose ubwo yahamagarwaga ku mwanya wa 2

Ubwo Oda Paccy yahamagarwaga


Ibitwenge byari byose
Inseko zaje guhindukamo amarira. Mahomet(TNP) ati"Icecekere Paccy, ntawe bitabera"

Abafana nabo imitima ntiyari mu gitereko
Dream Boys niyo yakurikiyeho

Knowless nyuma yo kubwirwa ko akomeje

Senderi nawe arakomeje

Senderi ashimira Imana. Aha afite umupira wa Rwarutabura ,umufana ukomeye wa Rayon Sport , umwe mu bamufanaga ku buryo bukomeye

Senderi ati"Mana ushimwe cyane "

Active nabo bishimiye bikomeye gukomeza kwabo

Ubwo Bulldog yakomezaga , yishimiwe bikomeye n'itsinda rya Active

Bull Dog na Rafiki bishimiye bikomeye gukomeza muirushanwa rya PGGSS 5


Hasigaye kumenyekana umwe ukomeza bakuzura 10



Bruce Melody niwe wahamagawe ku mwanya wa 10

Abahanzi bose uko ari 10 bakomeje
AMAFOTO:Jean Chris KITOKO
R.Christophe
