MU MAFOTO-Paccy yaririjijwe n’ibyishimo, Senderi ashimira Imana . Uko abahanzi 10 bakomeje muri Guma Guma bagaragaje amarangamutima

Imyidagaduro - 09/03/2015 11:32 AM
Share:

Umwanditsi:

MU MAFOTO-Paccy yaririjijwe n’ibyishimo, Senderi  ashimira Imana . Uko abahanzi 10 bakomeje muri Guma Guma bagaragaje amarangamutima

Mu gitaramo cyo guhitamo abahanzi 10 bazakomeza mu irushanwa rya PGGSS ya 5 cyabaye ku wa 7 Werurwe 2015, abahanzi bagize amahirwe yo gukomeza bagaragaje amarangamutima ku buryo butandukanye, bamwe ndetse ibyihismo birabarenga barira imbere y’imbaga yari iteraniye i Gikondo ahasanzwe habera Expo ari naho igitaramo cyabereye.

Nyuma y’uko igitaramo kirangiye, abashinzwe kubarura amajwi batanze amazina y’abagombaga gukomeza, maze Lion Manzi  wari n’umwe mu bakemurampaka aba ariwe utangaza abo bazakomezanya urugendo mu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star muri uyu mwaka wa 2015.

Uko byari byifashe mu mafoto ubwo hatangazwaga 10 bakomeje

MC TINO

MC Tino abaza abashinzwe kubara amajwi niba koko byanyuze mu mucyo

MC TINO

Abahanzi

Ubwoba bwari bwose ku bahanzi bategereje kumva  abagize amahirwe yo gukomeza n'abasigaye

tnp

Nubwo ari bo bagiye mu irushanwa bwanyuma, itsinda rya TNP niryo ryahamagawe ku mwanya wa mbere mu bahanzi 10 bakomeje

TNP

Twagezemo

tn

Paccy(TNP) wambaye ingofero ntiyiyumvishaga ko koko bakomeje

Sentore

Sentore ibyishimo byari byose ubwo yahamagarwaga ku mwanya wa 2

Oda Paccy

Ubwo Oda Paccy yahamagarwaga

Oda Paccy

Oda Paccy

Ibitwenge byari byoseOda Paccy

Inseko zaje guhindukamo amarira. Mahomet(TNP) ati"Icecekere Paccy, ntawe bitabera"

abafana

Abafana nabo imitima ntiyari mu gitereko
Dream boys

Dream Boys niyo yakurikiyeho

Knowless

Knowless nyuma yo kubwirwa ko akomeje

Senderi

Senderi nawe arakomeje

Senderi

Senderi ashimira Imana. Aha afite umupira wa Rwarutabura ,umufana ukomeye wa Rayon Sport , umwe mu bamufanaga ku buryo bukomeye

Senderi

Senderi ati"Mana ushimwe cyane "

Active

Active nabo  bishimiye bikomeye gukomeza kwabo

Bull Dogg

Ubwo Bulldog yakomezaga , yishimiwe bikomeye n'itsinda rya Active

rafiki

Bull Dog na Rafiki bishimiye bikomeye gukomeza muirushanwa rya PGGSS 5

rafiki

Hasigaye kumenyekana umwe ukomeza bakuzura 10

Hasigaye kumenyekana umwe ukomeza bakuzura 10

abafana

Bruce Melody

Bruce Melody

Bruce Melody niwe wahamagawe ku mwanya wa 10

abahanzi 10

Abahanzi bose uko ari 10 bakomeje

AMAFOTO:Jean Chris KITOKO

R.Christophe


Ibitekerezo (0)

    Inkuru nyamukuru

    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...

    Inkuru bijyanye

    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...