Ibatizwa rya Yannick Mukunzi, ryamenyekanye nyuma y'amafoto yashyizwe kuri Instagram na Mugenzi we Byiringiro Lague bakinana muri Sandvikens IF, akaba yabatijwe mu mazi magari kuri iki Cyumweru ku itariki 8 Nzeri 2024.
Muri 2019 Nibwo Yannick Mukunzi yageze muri Sandvikens IF, yakinaga mu cyiciro cya gatatu, ubu we na Byiringiro Lague, bakaba barayifashije kugera mu cya kabiri.
Yannick Mukunzi wamenyekanye mu Ikipe y’Igihugu Amavubi, yabatijwe