Mu mafoto: Reba uko igitaramo Badilisha Concert cyagenze

Hanze - 27/04/2013 8:45 AM
Share:
Mu mafoto: Reba uko igitaramo Badilisha Concert cyagenze

Mu gitaramo Badilisha Concert Chameleone yakoreye ahitwa Kyadondo hari imbaga y'abakunzi b'umuziki bo mu bihugu bitandukanye. Chameleone yakoze udushya twinshi muri iki gitaramo.

Mu ijoro ryakeye tariki ya 26 Mata 2013, Dr Jose Chameleone afatanyije n'abahanzi bakomeye muri East Africa nka Masamba, Professor Jay, Mr Nice....baraye bataramiye abakunzi ba muzika bari bateraniye kuri stade yitwa Kyadondo mu mujyi wa Kampala.
Muri iki gitaramo, Chameleone yerekanye ubuhanga budasanzwe mu muziki wa Live. Iki gitaramo Chameleone yise Badilisha Concert, yari amaze igihe kirekire agitegura. Byagaragaraga ko ibintu byose byari ku murongo kuva igitaramo cyatangira kugeza kirangiye. Abahanzi batumiwe na Chameleone bari bicaye mu myanya y'icyubahiro imbere ya stage, bari bahawe ibyo kunywa, bicaye ahantu hameze neza n'umutekano wabo urinzwe.
Masamba na Gakondo Group baririmbye zimwe mu ndirimbo nyarwanda zakunzwe harimo iza Masamba na Samputu waje kuhagaragara mu buryo butunguranye.
Chameleone yasesekaye kuri stage yambaye nk'abantu bagiye mu kwezi. Byatunguye benshi bari bategereje uko uyu muhanzi aza kugera imbere yabo ameze dore ko yari amaze iminsi avuga ko azakora amateka kuri uyu munsi.
chameleone
Chameleone yasesekaye kuri stage yambaye nk'abantu bajya mu kwezi
chameleone
Uyu muhanzi yakoze ibitangaza mu ijoro ryakeye
dr

dr jose
Chameleone yagaragaje ko ari umwami w'umuziki muri Afurika y'Uburasirazuba
dr

dr jose
Bamwe mu bafashaga Chameleone kuri stage
dr
Aba bari bati, "Ukoze amateka muri Afurika"
dr

chameleone
Chameleone n'umuhungu we  bafata agafoto k'urwibutso
bobi
Bobi Wine na we yari ahari n'ubwo atavuga rumwe na Chameleone
samputu
Jean Paul Samputu na Masamba Intore nabo bari bahari
dr
Chameleone muri Badilisha
dr
Uyu muhanzi yaririmbaga bazengurukana ibendera rya Uganda kuri stage
dr
Ibyishimo mu bafana
chameleone
Daniella ,umugore wa Chameleone yari yaje gushyigikira umugabo we
daniella
Nguwo Daniella wambaye amaherena maremare
dr

chameleone

dr
Chameleone yari yariteguye neza iki gitaramo cye
masamba
Intore Masamba
masamba

rwanda
Ibendera ry'u Rwanda ryari ryazamuwe
samputu
Samputu Jean Paul asuhuza imbaga y'abafana bari bateraniye Kyadondo
masamba
Masamba na we yabasuhuje
tan

chame

masamba
Masamba na Samputu bakirwa na Chameleone kuri stage
masamba
Chameleone yabafashije kubyina Nyaruguru
chameleone
Chameleone yaririmbye umwana we amucurangira gitari
AMAFOTO: Leone Island

Munyengabe Murungi Sabin.

Ibitekerezo (0)

    Inkuru nyamukuru

    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...

    Inkuru bijyanye

    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...