Nyuma y’uko mu ntangiriro y’impeshyi iduka rya Ian Boutique ryari ryazaniye abakiriya baryo imyenda mishya igezweho, kuri ubu nanone iri duka ryamaze kuzana indi mishya iturutse mu gihugu cya Turukiya mu rwego rwo gufasha abakiriya babo kugendana n’igihe mu myambarire.
Aya ni amafoto agaragaza imwe mu myenda igezweho haba amakoti y’abagabo n’amakanzu y’abakobwa ndetse n’abagore bakwambara mu minsi mikuru inyuranye harimo n’ubukwe.
.jpg)
Ikanzu nziza nk'izi wazisanga muri Ian Boutique
.jpg)
.jpg)
Muri Ian Boutique barakwambika ukaberwa
.jpg)
.jpg)
.jpg)
Uwo ariwe wese ahakura ikanzu kandi yishimiye
.jpg)

.jpg)
.jpg)
.jpg)
.jpg)
.jpg)
.jpg)
Amakoti agezweho uyasanga muri Ian Boutique
.jpg)
.jpg)
.jpg)
.jpg)
Ian Boutique yambika abageni n’ababambariye n’abandi bafite iminsi mikuru itandukanye. Uretse iyi myambaro mishya, serivisi nziza abagana iri duka basanzwe bahabwa ntiyigeze ihinduka ndetse ubuyobozi bwa Ian Boutque burasezeranya ababagana ko ibiciro biri hasi kuburyo uhageze wese bamufasha kurimba no kurimbisha abantu be bazitabira ibirori yateguye.
Ian Boutique iherereye mu isoko rishya ry’umujyi wa Kigali(Kigali City Market), mu nyubako ya 2. Ukeneye ibindi bisobanuro wabahamagara kuri 0788425242.
