Igitaramo Mutzig Beer Fest 2017 cyatumiwemo Meddy wari umaze imyaka 7 aba muri Amerika, cyabereye i Nyamata muri Golden Tulip,kitabirwa n'abantu ibihumbi n'ibihumbi mu gihe kwinjira byari 10,000Frw ku bantu baguze amatike ku munsi w'igitaramo na 15,000Frw ku bantu bayaguze mu minsi ibanziriza uwo igitaramo cyabereyeho.
Meddy wishimiwe cyane muri iki gitaramo Mutzig Beer Fest 2017, yahereye ku ndirimbo ze za kera, aririmba Inkoramutima, akurikizaho ‘Akaramata’ n'izindi zinyuranye. Meddy yaje kwerekana ubuhanga mu kuririmba anicurangira gitari ndetse anerekana ko ari umwe mu bahanzi nyarwanda bakunzwe kurusha abandi.
MU MAFOTO MEZA 100 YAFOTOWE NA AFRIFAME PICTURES REBA UKO IKI GITARAMO CYARI KIMEZE




Aba bakobwa ni bamwe mu bakiraga abitabiriye igitaramo



Burya uzasigarane urwibutso rw'igitaramo nk'iki









Nta cyaka cyari gihari




Band yavuye muri Kenya yakanyujijeho


Mc Uncle Austin na Mc Ange ni bo bayoboye iki gitaramo

Aba Djs nabo bari mu basusurukije abantu

Safi na Queen Cha bitabiriye iki gitaramo



Uncle Austin yakase umuziki biratinda




















Meddy kuri stage yo mu Rwanda nyuma y'imyaka 7 amaze muri Amerika








Abaririmbyi bafashije Meddy muri iki gitaramo




Meddy yanyuzagamo akicurangira gitari




Kubyina ni ibintu bya Meddy






Afrifame imaze kuba ubukombe mu gufotora




Meddy yishimiye cyane kongera gutaramira mu Rwanda







Ni igitaramo kitabiriwe cyane


































Ngayo nguko Meddy yishimiwe cyane ava kuri stage benshi batabishaka
KANDA HANO UREBE ANDI MAFOTO MENSHI
AMAFOTO: Ashimwe Constantin-Afrifame Pictures
REBA INCAMAKE YA VIDEO Y'UKO BYARI BIMEZE
