Mu bahanzi biteganyijwe ko bashyushya urubyiniro harimo; Itsinda rya Charly na Nina, Urban Boys na Riderman dore ko basanzwe ari abambasaderi ba MTN Rwanda iri kurohereza abatuye aka karere muri gahunda yo kwegera abatuye mu ntara zitandukanye z'igihugu barushaho kumenya serivi n'ibicuruzwa bya MTN Rwanda.


Abanya-Rubavu bafata akayaga ka Kivu mu muziki utaruhura amatwi


Abahanga mu kubyina barigaragaza

YOLO ni gahunda yazaniwe abantu bari mu kigero cy'imyaka 25 kumanura

Imyiteguro iba irimbanyije


Ni igitaramo kiri kubera ku mazi neza neza

YOLO


MTN-YOLO

Kwinjira njye mbona ari ubuntu kuko uri kugura ikarita ya 500 FRW yo guhamagara

Muri rusange abantu baracyari kwiyongera binjira

Ifoto iba ishakishwa


MC Ashanty afata akaruhuko

MC Ashanty usanzwe akora ibiganiro by'imyidagaduro kuri Kiss FM

15h50'

Abasore bashinzwe kwakira abantu


MC Buryohe

Ahantu heza ho kuba umuntu yasohokera

Abahanzi dutegereje cyane
AMAFOTO:Saddam MIHIGO/INYARWANDA.COM
