Abayobozi b’inzego z’ibanze mu Karere ka Montepuez, kamwe mu tugize Intara ya Cabo Delgado bavuze ko ubwo uyu mukobwa yapfaga, habayeho imihango yo kumushyingura ndetse ko nyuma y’iminsi itatu ashyinguwe bagenzuye imva ye basanga nta kibazo ifite.
Itsinda ry’abahanga b’abaganga ryoherejwe muri ako gace kugira ngo rikore igenzura rirebe umuntu ushyinguye muri iyo mva nk’uko BBC ibitangaza.

Eurelia manuel