Usibye iby’uyu musore bakundanye, Marina yikomye bikomeye umusore wamukoreye amashusho y’indirimbo aherutse gukorana na Kidum, aha akaba yashinjije uyu musore uri kuzamuka mu bakora amashusho y’indiirimbo hano mu Rwanda; kuba yaranze kumuha amashusho y’iyi ndirimbo. Ahamya ko byamwiciye imibare gusa nanone ngo yizeye ko igihe izagira hanze izakundwa.
REBA HANO IKIGANIRO TWAGIRANYE NA MARINA NYUMA Y’IGITARAMOYARIRIMBYEMO CYA IWACU MUZIKA FESTIVAL